Bimwe mu bice byo muri Kenya mu matora y’umukuru w’Igihugu barasinziraga babuze abantu baza gutora
— October 27, 2017
Please enter banners and links.

Kuwa 26 Ukwakira 2017 muri Kenya bazindukiye mu gikorwa cyo kongera gutora umukuru w’Igihugu ariko uduce tumwe na tumwe banze gutora kubera Raila Odinga yanze kongera kwiyamamaza.
Hamwe na hamwe abanyamakuru bakurikiranaga ayo matora yasubiwemo basangaga abashinzwe gutoresha muri utwo duce basinziriye kubera kubura abantu.
Nkuko bigaragara ku mafoto yahafatiwe muri utwo duce wasangaga inkoko n’imbwa aribyo birimo gucaracara ahagombaga gutorerwa.

Hano abashinzwe gutoresha basinzira

izi n’inkoko zacaracaraga aho bagombaga gutorera

Aya matora avugwaho byinshi aho bamwe bavuga ko ashobora guteza akaduruvayo ndetse kugeza ubu hakaba hamaze gupfa abantu 3.



Abigaragambyaga batwika amapine
Raila Odinga avuga ko yibwe amajwi ko ariwe wari watsinze nyuma yahoo urukiko rwikirenga rutegetse ko mu matora habayemo kwiba amajwi rutegeka ko amatora asubirwamo ariko Odinga asaba ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ihindurirwa abayobozi kuko n’ubundi bazongera kumwibisha amajwi ati “nibahindura abayobozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora sinzongera kwiyamamaza”.
Odinga akaba yaragaragaye mu bitangazamakuru ahamagarira abayoboke be kutitabira amatora ,ubu abantu bakaba bafite impungenge ko muri icyo gihugu hashobora kwaduka imirwano ikomeye dore ko ejo ubwo bamwe batoraga abandi bari mu myigaragambyo yo kwamagana igikorwa cy’amatora batwika amapine y’imodoka no guterana amabuye n’abasirikare.
Muhungu John –Kampala
2,518 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply