Ange Kagame kugendana na se bivuze ko azasimbura Kagame ?
— March 17, 2016
Please enter banners and links.

Ange Kagame n’umukobwa wa Perezida Kagame na Jeanette Kagame ukunze kugendana na se rimwe na rimwe ariko abantu bamwe na bamwe babibona bakagirango n’ukumutoza kuzasimbura Kagame .
Uyu munsi Ange Kagame ababitekereza uko yabamaze impungenge avuga ko kugendana n’umubyeyi we Atari politike ahubwo ari ugutemberana n’umubyeyi kandi ibyo n’ibintu bisanzwe ku babyeyi n’abana.
Ange mu magambo ye yagize ati “mbere y’ibindi byose bakwiye kumenya ko ari Data ,kumbonana nawe ni uko mba nshaka ko tumarana igihe turi kumwe nk’umubyeyi wanjye ariko si politike”.

Umwe mu bakobwa hano mu mujyi wa Kigali witwa Hope yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko ku isi yose abana babakobwa bakunda ba se cyane ati na Ange kuba agendana na se ni uko ari Papa we kandi abakobwa dukunda ba Papa bacu.
Abahungu nabo bagakunda ba Mama wabo ibyo niko bimeza n’ubwo bose babakunda ariko usanga abakobwa bakunda ba se cyane n’abahungu bagakunda ba Mama cyane.


Ibi bivuzwe nyuma yo kubona Ange ari kumwe na Papa we Perezida Kagame ubwo bajya mu mwiherero w’abayobozi I Gabiro bamwe bagatangira kwibaza impamvu ajyana n’umukobwa we mu mwiherero ko wenda kwaba ari ukumutegura kuzaba umuyobozi ukomeye cyangwa gusimbura se.
Bamwe ndetse babihuza ni uko Perezida Kagame yigeze kuvuga ko yifuza kuzasimburwa n’umugore ariko Ange akaba yeruye ati ni uko mba nshaka kumarana igihe n’umubyeyi wanjye.
Uretse kubabonana bajyanye mu mwiherero I Gabiro hari n’igihe bajyanye mu nama mu gihugu cya America nabyo benshi babyibazaho.
Rwego Tony
3,225 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply