Ange Kagame kugendana na se bivuze ko azasimbura Kagame ?
— March 17, 2016
Please enter banners and links.

Ange Kagame n’umukobwa wa Perezida Kagame na Jeanette Kagame ukunze kugendana na se rimwe na rimwe ariko abantu bamwe na bamwe babibona bakagirango n’ukumutoza kuzasimbura Kagame .
Uyu munsi Ange Kagame ababitekereza uko yabamaze impungenge avuga ko kugendana n’umubyeyi we Atari politike ahubwo ari ugutemberana n’umubyeyi kandi ibyo n’ibintu bisanzwe ku babyeyi n’abana.
Ange mu magambo ye yagize ati “mbere y’ibindi byose bakwiye kumenya ko ari Data ,kumbonana nawe ni uko mba nshaka ko tumarana igihe turi kumwe nk’umubyeyi wanjye ariko si politike”.

Umwe mu bakobwa hano mu mujyi wa Kigali witwa Hope yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko ku isi yose abana babakobwa bakunda ba se cyane ati na Ange kuba agendana na se ni uko ari Papa we kandi abakobwa dukunda ba Papa bacu.
Abahungu nabo bagakunda ba Mama wabo ibyo niko bimeza n’ubwo bose babakunda ariko usanga abakobwa bakunda ba se cyane n’abahungu bagakunda ba Mama cyane.


Ibi bivuzwe nyuma yo kubona Ange ari kumwe na Papa we Perezida Kagame ubwo bajya mu mwiherero w’abayobozi I Gabiro bamwe bagatangira kwibaza impamvu ajyana n’umukobwa we mu mwiherero ko wenda kwaba ari ukumutegura kuzaba umuyobozi ukomeye cyangwa gusimbura se.
Bamwe ndetse babihuza ni uko Perezida Kagame yigeze kuvuga ko yifuza kuzasimburwa n’umugore ariko Ange akaba yeruye ati ni uko mba nshaka kumarana igihe n’umubyeyi wanjye.
Uretse kubabonana bajyanye mu mwiherero I Gabiro hari n’igihe bajyanye mu nama mu gihugu cya America nabyo benshi babyibazaho.
Rwego Tony
3,265 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply