Abacungagereza 149 bahawe ipeti rya Warder’basoje ikosi
— June 29, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Kane tariki 29 Kamena 2017 Abacungagereza 149 barimo abakobwa 32 basoje amasomo y’ibanze mu mwuga wo gucunga amagereza bari bamaze iminsi bakorera mu Ishuri riri i Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umuhango wo gusoza amasomo y’aba bacungagereza wayobowe na Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, ufite urwego rw’amagereza mu nshingano ze.

Minisitiri w’ubutabera Businge Johnstone asoza ikosi y’Abacungagereza i Rwamgana
Aba basoje amasomo biyongere ku bandi bacungagereza basaga ibihumbi bibiri bari muri uru rwego. Amasomo basoje abahesha ipeti ry’ibanze ryitwa ‘Warder bahawe na Minisitiri w’ubutabera Johnston Businge’.
Umuvugizi w’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa CIP Sengabo Hillary yagize ati “abasoje amasomo bagiye gusanga abandi bari mu kazi kugirango turusheho gukora akazi neza kuko urwego rukeneye abacunga gereza benshi cyane”.
3,305 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply