Diamond na Zari basigaye barara mu nzu ya nyakwegendera Ivan Semwanga
— June 14, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru yazindutse avugwa uyu munsi aturuka mu gihugu cya Afurika y’Epfo ni uko ubu umuhanzi Diamond asigaye ararana n’umugore we Zari mu nzu ya nyakwigendera Ivan Semwanga.
Nta kwezi kurashira uwahoze ari umugabo wa Zari apfuye ariko icyatangaje abantu ni uburyo aka kanya hatarashira n’ukwezi apfuye uwahoze ari umugore we Zari azanye umugabo we bakararana mu nzu ya nyakwigendera Ivan Semwanga.
Bamwe batangiye kuvuga ko imico y’abantu bamwe na bamwe iyo umuntu apfuye biba birangiye nta byokuvuga ngo reka habanze hashire igihe nk’uko ahandi batinya ngo batabaseka.
Hari abatangiye kuvuga ko n’ubundi Zari urupfu rw’uwahoze ari umugabo we Ivan Semwanga ntacyo byari bimubwiye dore ko no mu guherekeza umurambo mu rusengere ,umuryango wa Ivan Semwanga wavuze ko Zari yabaga yisekera akina n’abana be yabyaranye na nyakwigendera uko ari 3.
Nyuma yo gutandukana na Ivan Semwanga agashakana na Diamond nawe bamaze kubyarana abana 2 ku buryo abo babiri yababyeyi abakurikije vuba vuba kuko yatanguranwaga n’imyaka kuko ari hafi kujya muri Monopoze (Mono pause) ari hafi kugeza imyaka 50.

Nguwo Zari ari mu mazi aho ubona hazengurukijwe uruziga n’ukuboko k’uwo mugabo ubona iburyo wambaye ingofero naho ibumoso ni umuhanzi Diamond umugaabo wa Zari

Diamond na Zari mu bihe by’urukundo

Zari ugerageza kwisubiza buto
Ariko kubera amafaranga burya ntacyo adakora ubonye Zari uko asa n’uko ateye wagirango nibwo acyuzuza imyaka 30.
Hakaba hari andi makuru arimo kuvugwa hirya no hino ndetse n’amashusho y’undi mugabo bivugwa uryamana na Zari wari inshuti ya Ivan Semwanga ndetse bakaba barifotoye bari muri Pisine uwo mugabo arimo gukora ku kibuno cya Zari ndetse ayo mashusho akaba yarageze kuri Diamondi biramurakaza ariko bikavugwa ko ari umugore w’uwo mugabo watanze ayo mashusho (Vidio).
Uwo mugabo witwa Laurance abajijwe impamvu yakoraga ku kibuno cy’umugore w’abandi yavuze ko bagiye koga muri poisine kubera bari bamaze igihe mu rugendo bavuye gushyingura mushuti wabo Ivan bahitamo kujya muri Massage ndetse no kogo muri pisine bityo na Zari azana nabo niho umuntu yabafotoreye.
Noella
3,405 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply