Bobi Wine agiye kwinjira mu ishyirahamwe ry’abaherwe muri Uganda Bagaga Kwagalana
— February 22, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi muri Uganda umaze gukora izina kurusha abandi ndetse uvugwaho ubukire kurusha abandi bahanzi ubu agiye kwinjira mu Ishyirahamwe ry’abaherwe mu gihugu cya Uganda ryitwa Bagaga Kwagalana.
Iri Shyirahamwe ry’snsherwe muri Uganda ryashinzwe rigamije guhuza abaherwe bose bo muri icyo gihugu ndetse rigamije no kubunga ku buryo nta wabangamira mugenzi we dore ko haba hari byinshi bibahuza harimo n’ubucuruzi.

Uyu muhanzi Bobi Wine uzwiho kwiyita Ghetto President akaba amaze kuba umuhanga cyane mu bijyanye n’imishinga y’umuziki we kuko amaze kuwubyaza umusaruro aho afite amazu meza ahenze bakunda kwita Real Estate akodesha ,afite Hotels ,afite Beach aho abantu bosohokera ku mucanga n’ibindi byinshi.

Bobi Wine biravugwa ko ubu afite Amashilingi yo muri Uganda angana na Miliyari mirongo itatu ne shatu na Miliyoni eshanu (33.5 Billion Ug/shs)ahwanye na Miliyoni 11 z’Amadorari ya Amerika .
Nkuko bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda dukesha iyi nkuru byabivuze ni uko kugirango winjire muri iryo Shyirahamwe Bagaga kwagalana ni uko byibuze ugomba kuba ufite Miliyari mirongo itatu ne shanu (35 Billion).

Ubu umuhanzi Bobi Wine akaba akora amanywa n’ijoro kugirango abone Miliyari imwe n’igice aburaho kugirango yuzuze Miliyari 35 zisabwa kugirango ube ubaye umunyamuryango w’Ishyirahamwe ry’abaherwe Bagaga Kwagalana.

Bobi Wine azaba ariwe muhanzi wa mbere muri Uganda winjiye muri iryo Shyirahamwe aciye agahigo ko kuba ariwe muhanzi ukize kurusha abandi muri Uganda.


Noella
4,705 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply