Umuhanzi Bebe Cool yakoranye indirimbo na Sauti Sol
— May 4, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi wo muri Uganda Bebe Cool umaze kuba icyamamare muri icyo gihugu mu gukora indirimbo nziza cyane ubu yakoranye indi ndirimbo n’itsinda ry’abahanzi bo mu gihugu cya Kenya bitwa Sauti Sol iyo ndirimbo ikaba yitwa MBOZI ZA MALWA.
Itsinda ry’abahanzi Sauti Sol niryo ryatwaye igihembo cy’abahanzi ba mbere muri Africa ,igihembo gitangwa na MTV .

Nguwo Bebe Cool ari kumwe na Sauti Sol barimo gukora amashusho yindirimbo MBOZI ZA MALWA
Indirimbo MBOZI ZA MALWA ikaba yarafatiwe amashusho mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa Kampala muri Hilton hotel.
Indirimbo ivuga inkuru y’abantu b’inshuti iyo bahuye bagasangira inzoga mu giturage baganira banezerewe.
Iyi ndirimbo yasohotse ku itariki 1 Gicurasi 2017 ikaba ubu irimo gucurangwa kuri za Televiziyo nyinshi zikomeye zirebwa ku isi yose.
Noella
2,322 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply