Umugore yatemye umwana we amuhora gukora mu nkono
— May 2, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 2 Gicurasi 2017 mu Karere ka Gatsibo umugore ufite abana bane yatemye umwe muri bo mu mutwe no mu mugongo amuziza ko yakoze mu nkono, ubu uyu wakomerekejwe akaba ari kwitabwaho n’abaganga.
Uyu mubyeyi atuye mu Kagari ka Kabarore mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo,yatemye umwana we w’umuhungu w’imyaka irindwi y’amavuko mu mutwe no mu mugongo amuziza ko yakoze mu nkono.
Uyu mugore ufite abandi bana bane, ngo nta mugabo afite bikaba bivugwa ko akoresha ibiyobyabwenge bitandukanye byiganjemo urumogi bishobora kuba ari nabyo ntandaro yo gutema umwana we.


Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore, Murego Richard, yemeje aya makuru.
Yagize ati “Uwo mugore watemye umwana we asanzwe acyekwaho gukoresha ibiyobyabwenge bishobora no kuba aribyo byabaye intandaro yo gutema umwana yibyariye ariko nta gihamya dufite kugeza ubu kuko iperereza rikirimo gukorwa.”
Uyu muyobozi akomeza avuga ko umwana watemwe ari kuvurirwa ku Kigo Nderabuzima cya Kabarore, nyina akaba ari mu maboko ya Polisi kuri station ya Kabarore. Hagati aho abana be bakazitabwaho na Leta mu gihe nyina azaba afunzwe.
2,221 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply