Yahagaritse imodoka ajya kwa muganga iba ariyo imwica
— February 11, 2016
Please enter banners and links.

Annet Nandawula, 25 yavuye iwe mu rugo ajya kwa muganga kwisuzumisha kuko yari afite inda y’amazi 7 ageze ku muhanda abura imodoka agezaho akajya ahagarika iyo ariyo yose kugirango agree kwa muganga.
Nandawula wari utuye ahitwa Nsabya muri Kalisizo yahagaritse imodoka yo mubwoko bwa Toyota Premio UAY 341G ihita imugonga imuca ukuguru kugwa ukwako iramukurura ahita apfa atwite inda y’amezi 7 .Iyo modoka yamaze kumugonga irazunga aragenda igwa ku rundi ruhande umushoferi wayo Hamis Wagisha
ahita apfa .
Uyu mushoferi yari kumwe n’abandi basore 4 ariko bakaba baburiwe irengero batinya ko abaturage bashobora kubihanira kuko mu gihugu cya Uganda amategeko bayatwarira mu ntoki nkuko tubikesha Ikinyamakuru Bukedde cyo muri Uganda.
Nandawula akaba aribwo yari akimara gushakana n’umugabo we Patrick Jjumba mu kwezi kwa 10 2015 akaba apfuye adasize umwana.
Umugabo we akaba yavuze ko bari babanje kujya mu rusengero gusenga bavayo bakanywa icyayi hanyuma umugore akamubwira ko agomba kujya kubonana na muganga nkuko abagore batwite babigenza buri nyuma y’amezi runaka bajya kwamuganga bakabasuzuma kugirango barebe niba umwana mu nda nta kibazo afite .
Ukuriye polisi muri Rakai witwa Swaibu Muhumuza yavuze ko amakuru bamaze kumenya ngo ni uko abari muri iyo modoka bose ari abo mu muryango umwe baturukaga Namakwekwe muri Mbale imodoka bari barimo yaribannye inanira umushoferi niko kugonga umugore.
Byahinduwe mu Kinyarwanda na Muhungu John
2,947 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply