Yahagaritse imodoka ajya kwa muganga iba ariyo imwica
— February 11, 2016
Please enter banners and links.

Annet Nandawula, 25 yavuye iwe mu rugo ajya kwa muganga kwisuzumisha kuko yari afite inda y’amazi 7 ageze ku muhanda abura imodoka agezaho akajya ahagarika iyo ariyo yose kugirango agree kwa muganga.
Nandawula wari utuye ahitwa Nsabya muri Kalisizo yahagaritse imodoka yo mubwoko bwa Toyota Premio UAY 341G ihita imugonga imuca ukuguru kugwa ukwako iramukurura ahita apfa atwite inda y’amezi 7 .Iyo modoka yamaze kumugonga irazunga aragenda igwa ku rundi ruhande umushoferi wayo Hamis Wagisha
ahita apfa .
Uyu mushoferi yari kumwe n’abandi basore 4 ariko bakaba baburiwe irengero batinya ko abaturage bashobora kubihanira kuko mu gihugu cya Uganda amategeko bayatwarira mu ntoki nkuko tubikesha Ikinyamakuru Bukedde cyo muri Uganda.
Nandawula akaba aribwo yari akimara gushakana n’umugabo we Patrick Jjumba mu kwezi kwa 10 2015 akaba apfuye adasize umwana.
Umugabo we akaba yavuze ko bari babanje kujya mu rusengero gusenga bavayo bakanywa icyayi hanyuma umugore akamubwira ko agomba kujya kubonana na muganga nkuko abagore batwite babigenza buri nyuma y’amezi runaka bajya kwamuganga bakabasuzuma kugirango barebe niba umwana mu nda nta kibazo afite .
Ukuriye polisi muri Rakai witwa Swaibu Muhumuza yavuze ko amakuru bamaze kumenya ngo ni uko abari muri iyo modoka bose ari abo mu muryango umwe baturukaga Namakwekwe muri Mbale imodoka bari barimo yaribannye inanira umushoferi niko kugonga umugore.
Byahinduwe mu Kinyarwanda na Muhungu John
3,033 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply