Umuhanzi WizKid arashakishwa na Interpool bitarenze taliki 16 Mutarama 2017 kuba yafashwe
— January 12, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria uzwi ku izina rya Ayodeji Ibrahim Balogun a.k.a Wizkid ashakishwa na Interpool kubera ibyaha aregwa mu gihugu cya Uganda.
Umucamanza witwa Baligeya Moses Mufumbiro yasohoye urwandiko rusaba Interpool gufata uyu muhanzi uherutse kuza mu Rwanda kubera ibigo 2 bikomeye muri Uganda byamuregeye ko uyu muhanzi yariye Amadorari yabyo ubwo yari yemeranijwe n’ibyo bigo ko azaza gicurangira muri Uganda Cricket Oval, Lugogo.
Uyu muhanzi bamahaye Amadorari yo kugirango azaze gucurangira Abagande ku buryo bamwamamaje cyane ariko umunsi ugeze ntiyaza kandi yarahoraga ababwira ko yiteguye kuza.

Uyu muhanzi arashinjwa ubujura bushukanye buhanishwa ingingo y’itegeko ya 309 mu itegeko rihana rya Uganda.
Araregwa nanone gufata amafaranga mu buryo butemewe bityo umucamanza akaba yasabye ko Interpool yamufata ikamugeza imbere y’urukiko bitarenze taliki 16 Mutarama 2017.
Abantu batangiye kuvuga ko uyu muhanzi ari umukire aza ku mwanya wa 10 muri Africa igihugu cya Uganda kikaba kitashobora kumugeza imbere y’urukiko rwo muri Uganda.
Wizkid yagombaga kuririmba muri Uganda taliki 3 Ukuboza 2016 ariko ntagaragara ndetse ntiyatanga n’impamvu.
Noella
2,876 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply