Yashatse kwigana ibyo ajya abona muri filime asimbuka kuva muri etaje ya 7 agwa hasi
— September 3, 2016
Please enter banners and links.

Umusore w’imyaka 25 yashatse kwigana ibyo ajya areba muri filime maze asimbuka kuva muri etaje ya 7 agwa hasi.
Byabaye uyu munsi kuwa gatandatu taliki 3 Nzeli 2016 mu mujyi wa Kampala ku nzu ndende yitwa Mabiriizi Complex iherereye kuri Kampala road .
Abacuruzi bacururiza muri iyo nyubako ndende bakanzwe no kubona umusore utaramenyekana amazina asimbuka kuva muri etaje ya 7 akagwa hasi n’ubwo yabanje kugwa ku modoka yari iparise ariko akayirenga akagwa mu muhanda polisi ikamujyana kwa muganga atarapfa.



Abudalah Ssentamu n’umwe mu bacururiza kuri iyo nyubako akaba yavuze ko uwo musore yabanje kugerageza gusimbuka kumara iminota 10 yose bamuhamagara ngo aveyo akanga hanyuma akageraho agasimbuka akagwa mu muhanda.
Hari abandi bantu bavuga ko ashobora kuba yari afite ibibazo n’umugore we akumva iby’isi abirushye agahitamo kubihunga gutyo.
Polisi ikaba yatangiye iperereza kumenya aho yari atuye no kumenya icyamuteye kwiyahura.
Muhungu John Kampala
3,072 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply