
Imiryango itegamiye kuri Leta irasaba ko gufunga abanyabyaha byagabanuka
— September 2, 2016
Please enter banners and links.
Imiryango itegamiye kuri Leta (civil Society)mu Rwanda irasaba Leta ko yashakisha ubundi buryo ariko ikagabanya kohereza abanyabyaha muri gereza.
Frank Mugisha ushinzwe ibyamategeko mu rugaga rw’imiryango itegamiye kuri Leta yavuze ko amategeko akwiye kuvugururwa hakabaho abanyabyaha bacibwa amande aho koherezwa muri gereza nkuko ikinyamakuru The East African kibivuga.
Icyo kinyamakuru kivuga ko hari ibibazo byinshi bikomeye biterwa n’ifungwa ry’abantu benshi birimo ingo gusenyuka ,gutunga abantu benshi muri gereza bihenda ,kubavuza n’abantu kwiheba cyane biturutse ku gifungo n’ibindi byinshi.
Leta ivuga ko hakiri ibibazo uburyo havugururwa amategeko hagashyirwaho ayo abanyabyaha bidakomeye bajya bacibwa amande aho kujya kuzuza gereza.
Minisitiri w’ubutabera Johnston Busingye avuga ko hari abantu bamwe bagifite imyumvire ko abantu bahanishijwe gucibwa amande Atari igihano kandi nacyo kiba ari igihano.Busingye yagize ati “mu mpe gihamya cyo njyana mu Nteko ishingamategeko kubumvisha ko bizakunda bakabyumva”. Inteko ishingamategeko niyo yemeza imishinga y’amategeko iyo yemejwe itegeko ririgwa rigasohoka mu igaseti ya Leta rigatangira gukoreshwa.
Byahinduwe na Ndayambaje F
2,975 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply