Telephone zatangiye kubwira abagore ko akoze imibonano mpuzabitsina yasama cyangwa ko ari ingumba
— August 1, 2016
Please enter banners and links.

Haje Telephone nshya zifite porogarame ishobora kubwira umugore ko ashobora gusama aramutse akoze imibonano idakingiye ndetse ikakubwira niba uri ingumba utabyara.
Iyo Progoramu yitwa Glow ikaba yarazanywe PayPal mu mwaka wa 2013 ikozwe na Max Levchin.
Iyi porogaramu izajya ifasha abagore nabakobwa bajyaga batwara inda zitateganyijwe kuko ubundi usanga inda zitateganijwe ziteza ibibazo .

Mu myaka 2 ishize imaze gufasha abagombaga gusama ariko ntibasama bagera ku 150,000 nkuko urubuga Independent.co.uk rubivuga .
Ubu buryo bushya buri muri iyi Telephone ya smart Phone bushobora no kukubwira ko umugabo akurongoye neza cyangwa nabi ku buryo aramutse agushimishije atari uwawe wajya wongera ukamushaka akongera kukuryohereza ,yakurongora nabi ukamureka burundi byose ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina ubu buryo burabikwereka.


Bivugwa ko mu gihugu cya Canada abakora imibonano mpuzabitsina bakoresheje Glow bagera kuri 45%.Buri munota umwe abagore 7 bakora imibonano mpuzabitsina bifashishije Glow .
Bivugwa ko mu gihugu cya Canada ariho bakora imibonano mpuzabitsina cyane bitewe n’ikirere cyaho nkuko abakoresheje Glow babivuga.Abanya Australia bivugwa ko nabo bakora imibonano mpuzabitsina cyane bagera kuri 37% barengeje ikigero .Glow imaze kugira uburyo butanga amakuru ku ngumba bagera kuri Miliyoni 47 ku isi hose.
Iyi Glow ishobora kukubwira niba uwo mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari muri mood nyayo cyangwa niba itaragera kurwego igomba kuba iriho ku bakora imibonano bishimanye .Iyo ataragera muri mood neza irabikubwira ko mutariburyoherwe mukabanza mugashakisha mood zikuzura.
Muri America ubu buryo bwa Glow buvuga ko ari abanyamahirwe cyane kuko bakora imibonano 16% gusa biri hasi y’ibindi bihugu ugereranije uko ahandi basama .
Abagore benshi bakunda imibonano cyane iyo agiye kujya mu kibada cyangwa mu kwezi nkuko bivugwa ariko iyi Smart phone niyo waba utazi kubara italiki yawe ushobora gusama irabikubwira byose.
Ubundi ikibada abenshi kimara iminsi hagati 3-5 nyuma yayo ushobora gukora imibonano idakingiye iyo uyikoranye n’uwo mwashakanye cyangwa uwo wizeye uzi neza.
Iyi Telephone kumenya ko ari igitangaza ikubwira n’umunsi ushobora gukora imibonano ikakuryohera cyane kurusha indi minsi.Iguha amakuru mu buryo bugera kuri 18 byose bijyanye n’imibonano mpuzabitsina irabikubwira ,abagore bakaba basubijwe batazongera gutwara inda zitateganyijwe muzagerageze mushake amafaranga muyigure kuko utazayigura yitwaje wenda ko ihenda ayo yakoresha yatwaye inda yakuba inshuri 1000 ayo yagura iyo Telephone.
Rwego Tony
4,337 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply