Uko Maneko zabeshye Minisitiri Biruta akaza kurunguruka muri Computer y’umunyamakuru
— March 31, 2025
Please enter banners and links.

Ni nkuru uburyo Umuyobozi w’Ikinyamakuru Umusingi na Omusingi TV yagiye mu gihugu cya Turkey ahabwa amakuru n’abari bateguye inama yari yagiyemo ko bashaka guha burusi abanyeshuri kujya kwigayo.
Agarutse yanyujije itangazo mu kinyamakuru Umusingi ariko kuzuza online abantu benshi byarabagoraga bakaza ku biro aho yakoreraga I Remera akabuzuriza ariko akabishyuza umwanya we akoresha abuzuriza.
Maneko rero amakuru zayafashe nabi bavuga ko arimo gutanga burusi bituma Minisitiri Biruta aza kubaza ibijyanye n’izo burusi arunguruka mu mashini (Computer)bamwereka uburyo bikorwamo abibonye abona ari ukuri arigendera.
1,525 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Leave a reply