Sim Card 220 zakoreshejwe mu bujura bwo kwiba Bank
— July 30, 2016
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda Sim Card 220 zakoreshijwe mu kwiba Bank zitandukanye nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru cyo muri Uganda cya Newvision.
Iyo abantu babaye benshi mu mujyi n’abajura bariyongera kandi uko bacya ni uko bwira niko bahimba amayeri mashya yo kwiba .
Polisi ya Uganda hari bamwe yafatiye muri ubwo bujura ndetse abashinjwa kwiba bavuga ko buri Sim Card yibweho Miliyoni 8.
Igihugu cya Uganda kivugwaho ubujura bukabije uretse no kwiba mu ma Bank n’abantu basanzwe ku nzira baribana.
Abanyarwanda benshi bamaze kwibirwayo akagenda agiye kurangura ibicuruzwa bamwe bakabiba bakabura na tike ibagarura mu Rwanda.
Uretse ko no mu Rwanda ubujura bwa Mobile Money bumaze kwiyongera aho bahamagara umuntu bati watsindiye amafaranga runaka n’ibindi bigambo byinshi bakubwira utabizi ko ari abajura bakamwiba.
Mu minsi ishize Polisi y’igihugu iherutse gutangariza abanyamakuru kumugaragaro bamwe mu bakoresha ubwo bujura bwo gushuka abantu .
Mu gihugu cya Uganda Mobile money nayo bayifata nka bank kuko urabitsa ukabikuza ariyo mpamvu hejuru bavuze bank .
Muhungu John
2,711 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply