Breaking News:William Ruto niwe utangajwe nka Perezida wa 5 wa Kenya,impamvu atsinze haravugwa Uganda
— August 15, 2022
Please enter banners and links.

Amakuru agezweho ni uko abantu benshi bari bategereje utangazwa ko abaye Perezida wa Kenya hagati y’abagabo babiri aribo William Ruto na Raila Odinga .
Ni amatora amaze hafi icyumweru abaturage barimo gutora ariko uyu munsi tariki 15/8/2022 saa kumi zo mu Rwanda hatangajwe ko William Ruto ariwe utsinze amatora akaba abaye Perezida wa 5 asimbuye Uhuru Kenyatta.
Willim Ruto akaba yatsinze ku manota 52% mu gihe uwamukurikiraga bari bahanganye Raila Odinga yari afite amajwi 48% n’ubwo hari ibitangazamakuru byavugaga ko Odinga ariwe warushaga William Ruto amajwi.
Twabibutsa ko uwari Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yari ashyigikiye uruhande rutavuga rumwe na Leta arirwo ruyobowe na Odinga ibintu bidasanzwe muri Africa.




Mbese ni nkuko wakumva Perezida wa Uganda Museveni ashyigikira Bobi Wine cyangwa Perezida Kagame mu Rwanda ashyigikiye Dr Frank Habineza ariko abahanga muri politike bavuga ko ahari Demokarasi byose bishoboka.
Impamvu byabaye gutyo muri Kenya ni uko Perezida Uhuru Kenyatta yashwanye na William Ruto kubera Uhuru yasuhuje Odinga bakorana mu ntoki bituma Ruto ashwana na Uhuru ku buryo byatumye Uhuru muri aya matora yari ashyigikiye Odinga.
Abakurikirana ibya Politike mu Karere bavuga ko Ruto yigeze gushyigikira Perezida wa Uganda Museveni ndetse William Ruto akaba yaragaragaye aza mu gihugu cya Uganda ari ku mwe na Perezida Museveni bivugwa ko yabaga aje kumugisha inama uburyo yatsinda amatora.
Bivugwa ko uwo Museveni ashyigikiye atajya atsindwa ndetse akaba yibukirwa uburyo I Burundi habaye Coup d’Etat ariko bikavugwa ko Perezida w’I Burundi Nkurunziza wayoboraga icyo gihe ari Museveni wamusubije ku butegetsi kuko Coup d’Etat yabaye ari muri Tanzania mu nama y’abakuru b’Ibihugu bya East Africa.
Kuba Ruto yaragaragaye kenshi mu gihugu cya Uganda ari kumwe na Perezida Museveni bivugwa ko ariwe wamugiriye inama amuha namayeri uko yatsinda amatora dore ko we amaze gutsinda inshuro 6 zose.
Rwego Tony
3,084 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Abashaka I Farm,ubutak byo kugura cyangwa amazu cyangwa ugurisha dore aho wasanga ibyo ushaka byose
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply