umu amakuru-  Wari uzi umupasiterikazi witwa uwamafresheri, akazi k’Imana arimo gukora muri Serena Hotel? | Umusingi

Pastoe2  Wari uzi umupasiterikazi witwa uwamafresheri, akazi k’Imana arimo gukora muri Serena Hotel?

Please enter banners and links.

Pastoe2

 

Guhera Kuwa 27 Nyakanga 2016 abagore beza ,abakobwa beza n’ubayoboye witwa Pasiterikazi Fresheri ,inkumi ,abakecuru ,abeza ,ababi bose bari muri Serena Hotel mu giterane cyateguwe na Pasiteri Minyoni uyobora urusengero Women Foundation Ministries.

Bose baba bagiye kwicuza ibyaha abandi bagiye gusengerwa ibibazo bafite kugirango Imana ibibakize ,abandi bagiye gusengerwa indwara bafite ngo zikire ,abandi bagiye gusenga kugirango babone akazi ,ndetse hari ababa bagiye gusengerwa kugirango babone abagabo byose umukozi w’Imana Pasiteri Minyoni arabasengera ndetse ikaba ariyo mpamvu abantu bajyayo ari benshi cyane kubera ko bazi ko abasengera bagakira ,abafite ibibazo bigashira.

Muri iki giterane cy’iminsi 3 hagaragayemo abantu 2 bakomeye bazwi bashaka gusengerwa ngo bakizwe.

Pastoe2

Apotre Minyoni

padama

paaasiita

paaast

Miss Kundwa Doriane wakabiri

Pasitar

Ingabire Immaculee nawe yagiye gusengerwa ngo agatabi akareke

Pasitaa

pasiminyonii

pastoore

pastaminyo

Ikinyamakuru Umusingi cyateyeyo camera yacyo ibona Ingabire Immaculee umuyobozi wa Transparency International Rwanda aho nawe yagiye gusengerwa kugirango areke itabi dore ko ariryo ryonyine rimubereye ikibazo gikomeye.

Ingabire nta tinya kunywa itabi imbere y’abanyamakuru bamukoresha interview ,ikintu kigaragara nkaho atari kiza ndetse n’abanyamakuru bamubonye bakaba bamusengeye kugirango Imana imuhe imbaraga akizwe arireke.

Undi wagaragayeyo ni uwahoze ari Miss w’uRwanda Kundwa Doriane nawe akaba yasabye Imana kumwongerera imbaraga zo gukomeza gukizwa kuko ibibazo yahuye nabyo ubwo yari akiri Miss Rwanda byari byinshi bimwe bikomeye ibindi byoroshye.Miss Kundwa Doriane akaba ubusanzwe ari inshuti ya Apotre Minyoni uyobora Rwanda Women Foundation.

pasminyo

Nguwo Apotre Minyoni basigaye bita Fresherikazi (baba bashaka kuvuga ubwiza bwe )

Pastor

Pastore

Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza Apotre Minyoni ibanga akoresha kugirango agire Abakristo benshi ndetse ni uko igiterane cyagenze muri rusange ariko ntibyadukundiye.

Apotre Minyoni ni umwe mu bagore bakomeye ,bazwi muri iki gihugu kandi akaba ari mu bagore beza bakundwa ukora akazi k’Imana neza .

Muhungu John

3,653 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.