Wari uzi umupasiterikazi witwa uwamafresheri, akazi k’Imana arimo gukora muri Serena Hotel?
— July 28, 2016
Please enter banners and links.

Guhera Kuwa 27 Nyakanga 2016 abagore beza ,abakobwa beza n’ubayoboye witwa Pasiterikazi Fresheri ,inkumi ,abakecuru ,abeza ,ababi bose bari muri Serena Hotel mu giterane cyateguwe na Pasiteri Minyoni uyobora urusengero Women Foundation Ministries.
Bose baba bagiye kwicuza ibyaha abandi bagiye gusengerwa ibibazo bafite kugirango Imana ibibakize ,abandi bagiye gusengerwa indwara bafite ngo zikire ,abandi bagiye gusenga kugirango babone akazi ,ndetse hari ababa bagiye gusengerwa kugirango babone abagabo byose umukozi w’Imana Pasiteri Minyoni arabasengera ndetse ikaba ariyo mpamvu abantu bajyayo ari benshi cyane kubera ko bazi ko abasengera bagakira ,abafite ibibazo bigashira.
Muri iki giterane cy’iminsi 3 hagaragayemo abantu 2 bakomeye bazwi bashaka gusengerwa ngo bakizwe.

Apotre Minyoni



Miss Kundwa Doriane wakabiri

Ingabire Immaculee nawe yagiye gusengerwa ngo agatabi akareke




Ikinyamakuru Umusingi cyateyeyo camera yacyo ibona Ingabire Immaculee umuyobozi wa Transparency International Rwanda aho nawe yagiye gusengerwa kugirango areke itabi dore ko ariryo ryonyine rimubereye ikibazo gikomeye.
Ingabire nta tinya kunywa itabi imbere y’abanyamakuru bamukoresha interview ,ikintu kigaragara nkaho atari kiza ndetse n’abanyamakuru bamubonye bakaba bamusengeye kugirango Imana imuhe imbaraga akizwe arireke.
Undi wagaragayeyo ni uwahoze ari Miss w’uRwanda Kundwa Doriane nawe akaba yasabye Imana kumwongerera imbaraga zo gukomeza gukizwa kuko ibibazo yahuye nabyo ubwo yari akiri Miss Rwanda byari byinshi bimwe bikomeye ibindi byoroshye.Miss Kundwa Doriane akaba ubusanzwe ari inshuti ya Apotre Minyoni uyobora Rwanda Women Foundation.

Nguwo Apotre Minyoni basigaye bita Fresherikazi (baba bashaka kuvuga ubwiza bwe )


Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza Apotre Minyoni ibanga akoresha kugirango agire Abakristo benshi ndetse ni uko igiterane cyagenze muri rusange ariko ntibyadukundiye.
Apotre Minyoni ni umwe mu bagore bakomeye ,bazwi muri iki gihugu kandi akaba ari mu bagore beza bakundwa ukora akazi k’Imana neza .
Muhungu John
3,653 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply