Princess Priscillah yasohoye indi ndirimbo yitwa Na na na
— July 26, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi Princess Priscillah Umuratwa uba muri America yasohoye indirimbo nshya yitwa Na na na avuga ko yizeye ko nta ndirimbo y’undi muhanzi izayiruta.
Princess Priscillah akaba yatangarije Ikinyamakuru Umusingi uyu munsi Kuwa kabiri taliki 26 Nyakanga 2016 ko asigaye abona abahanzi batakicara akanya gato badahimba indirimbo kandi nziza nawe akaba yarahisemo kuticara maze akora iyitwa Na na na aho avuga ko yizeye ko mu bandi bahanzi babanyarwanda nta uzamurusha indirimbo nziza.
Ni nyuma y’abahanzi bagenzi be The Ben na Meddy nabo baherutse gusohora indirimbo mu minsi 2 ishize aho The Ben yasohoye iyitwa Habibi na Meddy asohora iyitwa Ntawamusimbura ariko izo zose Na na na ije ari iya mbere iya The Ben ikaba iya 2 naho iya Meddy ikaba iya 3 nkuko abakunzi babo babivuga.
Priscillah akaba ari umuhanzi umaze kwigaragaza bidasubirwaho ndetse akaba agaragaza ubuhanga mu ndirimbo ze.
Iyi ndirimbo Na na na akaba yarayikoreye muri situdiyo (studio)yitwa Momusic ikorwamo na Producer Lik Lik nawe wavuye mu Rwanda akaba akora akazi ko gukora indirimbo z’abahanzi haba Audio cyangwa Vidio byose arabikora kandi akaba ari umuhanga bitewe n’indirimbo z’abahanzi yagiye akorere zikaba nziza cyane nk’indirimbo ndi uwikigali n’izindi nyinshi.Na na na ikaba ari indirimbo y’urukundo ariko icuranze neza cyane .Uyu muhanzi kuva yatangira muzika nta ndirimbo ye arasohora ngo abantu bavuge ko ari mbi zose ziza zikunzwe bigaragaza ko ari umuhanga cyane.
Zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe ,Mbabarira ,Bagupfushubusa ari kumwe n’abandi bahanzi ,Nta cyadutanya na The Ben ,Icyo mbarusha ,iyo aheruka gusohora igakundwa cyane yitwa Warandemewe n’izindi nyinshi cyane.
Noella
2,753 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply