Yasabye ko Perezida Kagame aba Umwami mu Rwanda, umuturage yanditse ariko igitangaje muri urwo rwandiko asaba itike imugeza iwabo ndetse n’inkunga y’ubukwe.
— November 5, 2020
Please enter banners and links.

Amakuru agezweho ndetse arimo gucicikana hirya no hino n’urwandiko rwa Irakoze Janvier Moise yanditse asaba ko Perezida Kagame agirwa Umwami mu Rwanda .
Igitangaje mu rwandiko rwe yanditse asobanura impamvu yumva Perezida Kagame yagirwa Umwami ariko asoza urwandiko rwe yasabye Perezida Kagame kumutera inkunga yitike imugeza iwabo ndetse no kumutera inkunga agakora ubukwe.
Mu rwandiko rwe akomeza asaba inkunga yo kugura moto kubera ko ngo yari afite moto ye igatezwa cyamunara ariko nkuko uru rwandiko abantu baruvugaho byinshi bitandukanye yaba ari amayeri yo gusaba inkunga yo gukora ubukwe no kwibonera moto ariko nanone itike asaba imugeza iwabo byose ugasanga ibyo ashaka ntiwamenya icyo ari cyo.
Ku kibazo cya moto cyo agihuje n’abandi benshi moto zabo zatejwe cyamunara bibagiraho ingaruka mbi ku buzima bwabo kuko abenshi bararenganye kuko wasangaga badafite ibyangombwa byose bikenerwa kubera ko Koperative zatindaga kubabonera ibyangombwa bityo ugasanga umuntu wari utunze umuryango moto ye igatwarwa ikagurishwa.

Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza Irakoze Janvier Moise niba mu bufasha yasabye Perezida Kagame yaba yarabubonye cyangwa se baramwemereye ko bazabumuha bwose cyangwa bumwe muri bwo ariko Telephone ze ntizanyuragamo.
Irakoze yasabye ni uko Inteko ishingamategeko ivugurura amategeko kugirango hakorwe ajyanye n’Ubwami ndetse muri urwo rwandiko avugamo n’ibindi bitandukanye nkuko muri burusome .
3,330 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply