SHANGAZI :Mbigenze nte ko naciye imyeyo ikaba yaranze kuba miremire kandi umugabo wanjye ariyo ashaka
— July 16, 2016
Please enter banners and links.

Mbere na mbere mwana wanjye icyo ugomba kumenya ni uko guca imyeyo ukuze bitoroshye kuko bisaba guca imyeyo umaze kuba inkumi naho iyo ukuze biragorana cyane kubera umubiri wahahandi ufata ukurura uba ukomeye.
Abagore bataciye imyeyo iyo bagiye mu mihango cyangwa tubyite iyo bagiye mu kwezi ,ibyo twita imyeyo itangira kugabanuka ikaba ntoya cyeretse iyo uvuye mu kwezi ukongera ugakurura bushya icyo gihe isubira uko yanganaga ariko iyo udakuruye buri uko ujya mu kwezi cyangwa buri uko ujya mu kibada ntukurure igenda igabanuka gahoro gahoro ukagera igihe usanga usigaranye gato cyane.
Uku guca imyeyo urakurura gusa igasubira kuri size cyangwa uko yanganaga iyo wari warakuruyeho naho imiti ikoreshwa ifasha kwihutisha imyeyo gukura vuba.

Abagabo benshi bakunda abagore baciye imyeyo kuko iyo arongora umugore we mu muco wa Kinyarwanda babyita kunyaza ,iyo anyaza igitsina cye agikubita kuri iyo myeyo akumva aribyiza kandi akenshi abagore baciye imyeyo bakunda kugira amazi cyeretse iyo hari izindi ndwara afite mu mubiri we zituma bamunyaza nta nyare.
Mwana wanjye rero inama wangishije nakubwira ko niba umugabo wawe akunda imyeyo ,aho kugirango azagute agiye gushaka abafite imyeyo miremire wakwihangana ukajya ukurura n’intoki uzababara ariko ize umugabo wawe yishime .
Cyangwa se uzashake imiti irahari bakoresha bakurura ntubabare ndetse Kampala mu minsi ishize hatangije iduka ricuruza imiti ifasha abagore guca imyeyo wajyayo bakahakurangira cyangwa ugatumayo umuntu aho kugirango umugabo wawe agusige kandi mwakundanaga.
Imyeyo ni twa tuntu tubiri tuba hagati y’igitsina cy’umugore bakunda kwita imishino ,utwo tuntu baradukurura iyo umukobwa akiri inkumi noneho iyo ukuruye cyane tuba tureture cyane ,iyo udakuruye cyane tuba turinganiye ,abagabo badukunda kubi nkuko bakunda kunyaza.
25,403 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
1 Comment
ndagukunda chane ndagukurikiranaga