Abarundi 3 bafunzwe imyaka 30 bazira kugaba igitero kuri perezida
— August 12, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa mbere taliki ya 09 kanama 2020, urukiko rw’uBurundi rwafunze abagabo 2 n’umugore 1 rubakatira myaka 30 bazira kugaba igitero, bakaba bateye amabuye kuri convoy yari itwaye Perezida Evariste Ndayishimiye nkuko ubucamanza bwabitangaje.
Ubushinjacyaha bwakomeje kuvuga ko kuwa 3 ushize amabuye atatu yatewe kuri sitasiyo ya esanse kuri convoy y’imodoka zigera kuri 50 ubwo Perezida yagendaga mu mugi wa Kayanza uherereye mu majyaruguru y’u Burundi.
Ibuye rimwe ryafashe umwe mu barinzi bashinzwe gucunga umutekano wa Peresida , irindi rikubita ikirahure cy’imodoka imwe irindi ntihagira ikintu na kimwe ryangiza.
Abatangabuhamya bo muri Kayanza babwiye AFP ko imodoka zitigeze zihagarara mu gihe ibyo byabaga.
Ku cyumweru, urukiko rwa Kayanza rwakatiye abagabo2 ndetse n’umugore 1 igifungo cy’imyaka 30 kuri buri wese kubera umugambi mubisha wo kugaba igitero ku mukuru w’igihugu cy’u Burundi nkuko byatangajwe n’urukiko .
Amakuru akaba yemejwe n’abatangabuhamya 3 bari bitabiriye urukiko.
Ishimwe Marie Gabriella
2,343 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply