Umunyamuziki Diamond Platinum yatangaje amatariki y’ubukwe
— August 5, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wagatanu taliki ya 31 Kamena 2020 , Esma Platinum mushiki wa Diamond Platinum wamamaye muri Bongo yakoze ubukwe n’umucuruzi uzwi ku izina rya Msizwa.
Nyuma y’ubukwe Diamond yatangaje ko yifuza kwizihiza ubukwe bwe umwaka utaha mu birori bya Eid-ul-Adha , kimwe na mushikiwe.
Diamond Platinum yanditse ati “ Insha’allah Mana umpekuzageza ku munsi mukuru utaha kandi nzabe ndi mu bukwe (Imana n’ibishakana njye nzagiraubukwe mu minsi mikuru itahaya EID”).
Ibi bibaye nyuma gato y’uko Diamond Platinum agaragaje ko atakiri ingaragu avuga ko yabonye umuntu mu mezi atanu nyuma yo gutandukana n’umuririmbyikazi wo muri Kenya Tanasha Donna .
Diamond na Tanasha Donna bamaze umwaka umwe bakundana nyuma batanduka na bafitanye n’umwana.
Ishimwe Marie Gabriella uri muri Staje
3,040 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply