Impamvu buri muhanzi Muyoboke atandukanye nawe asubira inyuma?yabaye Manager wa Tom Close ,Dream Boyz ,Urban Boyz na Charly na Nina (Vidio)
— July 8, 2020
Please enter banners and links.

Abantu ntibaramenya impamvu buri muhanzi wese uyobowe na Manager Muyoboke atera imbere cyane ariko batandukana agusubira inyuma.
Ikinyamakuru Umusingi cyagiranye ikiganiro kirambuye na Manager Muyoboke Alex byose agira icyo abivugaho nkuko muri bubikurikirane mu kiganiro kinyura ku Umusingi TV y’ikinyamakuru Umusingi ndetse mukaba muri bubisome no ku kinyamakuru Umusingi kuri website yacyo.
Muyoboke Alex yabaye Manager wa Tom Close amuteza imbere ku buryo bugaragara kuko bazanye abahanzi bari bakomeye muri Uganda Radio na Weasel mu Rwanda mu gitaramo cya Tom Close ndetse bakorana indirimbo yakunzwe cyane yitwaga Mama wa bana banjye ndetse Tom Close atwara Guma guma n’ibindi bikorwa byinshi bagezeho ariko nyuma yo gutandukana Tom Close ntago yakomeje gutera imbere cyane.
Muyoboke yakomereje muri Dream Boys nabo abateza imbere bamaze gutandukana basubiye inyuma kugeza n’ubwo iryo tsinda risenyuka.

Manager Alex Muyoboke asobanura uburyo yakoranye n’abahanzi batandukanye akabateza imbere
Muyoboke akomereza muri Urban Boys yari igizwe n’abahanzi 3 Safi ,Nizo na Humble ariko ubu nabo bivugwa ko iryo tsinda rishobora kuba ryarasenyutse cyangwa riri mu marembera ariko Safi we akaba yararivuyemo ndetse ubu yitwa Safi Madiba.
Aba bahanzi Muyoboke yabateje imbere ku buryo bugaragara ndetse bakorana indirimbo na Jackie Chandiru wo muri Uganda indirimbo yitwa Take it Off .

Bakoranye indirimbo na Big Furious nawe wari ugezweho indirimbo irakundwa cyane ndetse n’izindi bikoreraga ku giti cyabo nka Try me n’indi bakoranye na Geosteady yitwa Owoma n’izindi nyinshi ariko nyuma yo gutandukana nabo ubu biravugwa ko basubiye inyuma cyane .
Muyoboke yabaye Manager w’abandi bahanzi nka Pacy na Social Mura n’abandi batandukanye ariko kuki bose iyo abarekuye basubira inyuma.
Mu kiganiro kirekire twagiranye na Muyoboke ntimugicikwe kubera ko byose arabisobanura ndetse akavuga impamvu bose batandukanye nawe.
Noella
2,867 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply