Umupangayi yatwikiwe mu nzu nyuma yo kutishyura ubukode bw’ukwezi kwa 5
— June 9, 2020
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda mu Karere (District)ka Masaka mu gace kitwa Ssenyange A Village, Nyendo-Ssenyange Division muri Masaka Municipality avuga ko umugabo wahoze ari umusirikare yatwitse inzu ye yarimo umupangayi utaramwishyura ukwezi kwa 5.
Umupangayi watwikiwe mu nzu yitwa Amos Ssubi,w’imyaka 23 akaba ubu ari mu bitaro bya Masaka Regional Referral Hospital aho ari kuvurwa ibikomere yatewe n’umuriro.
Kuri uyu munsi tariki 9 Kamena 2020 nibwo Polisi muri Masaka yatangaje ko irimo gukora iperereza ku kibazo cya nyiri inzu (LandLord) watwitse inzu kandi irimo umupangayi.
Umupangayi warokotse guhira mu nzu yatangarije ibinyamakuru byo muri Uganda nka monitor.co.ug ko nyiri inzu yahoraga amubwira ko natamwishyura ikirarane cy’ukwezi kwa 5 azamutwikira mu nzu.

Amos Ssubi ari mu bitaro
Amos Ssubi yagize ati « Nyiri inzu namubwiye ko ukwezi kwa 5 ntakoze akazi kubera gahunda ya guma mu rugo (lockdown) no kubera COVID-19 ko nzamwishyura buhoro buhoro nkuko Leta yabitangaje maze arambwira ngo iyi nzu ntabwo ari iya Perezida Museveni Museveni kandi ayo mabwiriza ye twe banyiri amazu ntabwo atureba kuko inzu n’izacu ».
Mbere y’uko Amas atwikirwa mu nzu yabanje kujya kumenyesha ubuyobozi amagambo nyiri inzu yamubwiraga ko azamutwikira mu nzu ariko ubuyobozi ntacyo bwakoze kugeza ubwo umugambi wa nyiri inzu awushyize mu bikorwa ariko Imana ikinga ukubuko Amaso umuriro ntiwamwica.
Amos yakomeje agira ati « Nagiye kumva ndyamye numva umuriro mwinshi mu nzu ndebye mbona inzu yose yafashwe mpitamo gushakisha uko nsohoka gukiza amagara yanjye nibwo nakomerekaga amaboko yombi ndetse n’ibirenge no kumunwa ».
Muhungu John-Kampala
3,257 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply