umu amakuru- Intambara y’Aba Slay Queen :Abapingaga Zari aribaza impamvu atakibona amafoto yabo ati no kwifotoza byarabujijwe se cyangwa bazitwaza Corona Virus? | Umusingi

Intambara y’Aba Slay Queen :Abapingaga Zari aribaza impamvu atakibona amafoto yabo ati no kwifotoza byarabujijwe se cyangwa bazitwaza Corona Virus?

Please enter banners and links.

Hari abitwa aba Slay Queen cyangwa Slay Mama aba aria bantu babayeho mu buzima bwiza cyane buhenze ariko bamwe muri abo bakundaga kuvuga ko Zari ukunda kwiyita Zari the bosslady ko ubuzima abamo abutekinika cyangwa abeshya.

Muri iyi minsi Zari yakomeje kugaragaza amafoto ye ari mu nzu ye ihenze cyane ndetse n’abana be baryoshya mbese nk’abakire bose.

Zari abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yanditse muri aya magambo mu cyongereza the self styled  entrepreneur said she missed seeing some socialites on social media like she was used to in the past.Ugenekereje mu kinyarwanda yagize ati nkumbuye kubona abanyabirori najyaga mbona ku mbugankoranyambaga nkuko nahoze mbabona mu bihe byashize.

Zari akaba yibaza niba aba ba Slay Queen cyangwa Slay Mama bakundaga kwigaragaza cyane ku mbuga nkoranyambaga aho baburiye ati cyangwa kwifotoza nabyo birabujijwe aho bari iwabo kuko barabuze kuri social Media .

Zari akomeza avuga ati kuki batifitoreza iwabo aho batuye mu mazu yabo ?Zari asa n’ushaka gucyurira ab oba Slay Queen ngo kubera hotels zafunzwe ntibakigaragara nta namafaranga bagira ati barabuze mu gihe gito.

Nta wamenya uwo yashakaga gucyurira ariko yongeraho ko amwe mu ma hotels atiri gufunga muri ibi bihe bya COVID-19 kubera ashaka kubona abo yabuze bahoraga bahanganye bavuga ko ubuzima abayeho ari ubwo kubeshyabeshya none ubu nibo babuze kandi we arimo kugaragara nkuko bisanzwe.

Noella

 

4,755 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.