Umukobwa mwiza w’umuhanzi abibyaza umusaruro muri Uganda , Don Bahati Lubega yahaye Spice Diana Miliyoni 10
— January 9, 2020
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda abakobwa beza n’ubwo ari benshi kuko usangayo abaturutse mu bihugu bitandukanye ariko abakobwa beza babahanzi babibyaza umusaruro.
Umuherwe uba muri Afurika y’Epfo ariko ukomoka muri Uganda witwa Don Bahati Lubega akaba yahaye umuhanzi Spice Diana Miliyoni 10 zo kumufasha gutegura igitaramo cye kizaba tariki 17 Mutarama 2020 muri Freedom City.
K’sweets (Fredrick Mwakira)Manager wa Don Bahati Lubega yavuze ko impamvu Don Bahati yatanze Miliyoni 10 aziha Spice Diana ari uko akunda umuziki ndetse awushyigikira ariko ibirenzeho akaba akunda Spice Diana.
K’sweets avuga ko aya mafaranga bahaye Spice Diana guha abantu bazaba bashaka kujya mu gitaramo cya Spice Diana mu gitaramo yise ‘Spice Diana live in concert’.


Don Bahati na Spice Diana
Hari ukuntu abahanzi iyo bateguye ibitramo bikomeye bajya ku maradiyo na Televiziyo abantu batelefonnye bakabaha amatike y’ubuntu ndetse no kugura esanse y’imodoka itwara Spice Diana n’ibindi bitandukanye.
Spice Diana akaba yashimiye Don Bahati n’abandi bashoboye kumutera inkunga akaba avuga ko ategereje abafana be kuza akabashimisha abaha umuziki mwiza uryoshye.



Spice Diana akaba ari umukobwa mwiza muremure w’inzobe kandi muri Uganda umukobwa mwiza muremure w’inzobe abagabo bakaba bamukunda cyane noneho no kuba ari umuhanzi afite indirimbo nziza bituma abagabo bafite amafaranga bayatanga bikamufasha kwiteza imbere.
Noella
5,002 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply