Abahanzi 2 Clemy na Maylo bataba i Kigali bakoze indirimbo yitwa Umwana ariko vubaha irabazana Convention cyangwa Kigali Arena (Vidio)
— December 8, 2019
Please enter banners and links.

Abahanzi 2 uwitwa Clemy na Maylo bataba I Kigali bakoze indirimbo yitwa Umwana ikaba yamaze gusohoka n’amashusho yayo ariko bitewe n’uburyo abantu bayikunze vubaha baraba baje I Kigali muri Convention Centre cyangwa Kigali Arena.
Aganira n’Ikinyamakuru Umusingi Clemy kuri iki cyumweru tariki 8 Ukuboza 2019 twamubajije niba ari indirimbo y’abana maze avuga ko ari iy’abantu bakuru ko ivuga cyane ku rukundo.
Yagize ati “Umwana ubundi ni umuntu uba uteteshwa! Ni akazina keza wazajya uhamagara umukunzi wawe kuko nawe uba ugomba kumutetesha kugirango urukundo ruryohe”.
Yakomeje avuga ko hari nkaho bigera muri iyo ndirimbo ukumva ngo abo baba banitse amagufa hanze ntibaba bazi ko wahaze imihore! Bivuz ngo harigihe uba wifitiye umukunzi wawe kandi wamuhaye buri kimwe yahaze abandi bakaza kumwipendezaho batazi ko yabonye buri kimwe.





Nabo bari mu rukundo se
Nkuko bisanzwe ubu buri muhanzi iyo asohoye indirimbo agerageza kuyimenyekanisha mu nzira zose zishoboka haba mu itangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga nka Facebook ,You Tube na za Whatsapp bityo abakunzi b’iyi ndirimbo yakunzwe cyane bakaba batangiye kuvuga ko aba bahanzi mu minsi ya vuba bagomba kuzajya batumirwa muri Kigali Arena igezweho mu kwakira ibitaramo bigezweho n’abahanzi bagezweho cyangwa Kigali Convention Centre kuko bakoze indirimbo nziza cyane.
Nta byinshi turashobora kumenya kuri aba bahanzi ariko icyo twashoboye ku menya ni uko ari abahanzi bakizamuka ariko batangranye imbaraga nyinshi ndetse tukaba twashoboye kumenya ko baherereye mu mugi ukunzwe cyane wa Musanze.


Clemy



Ikinyamakuru Umusingi nkuko gisanzwe giteza imbere umuziki w’abahanzi ndetse n’abahanzi muri rusange tukaba twifuza kuzagirana n’aba bahanzi ikiganiro kirambuye babwire abakunzi b’umuziki uburyo binjiye muri muzika n’ibyo biteze gukorera abakunzi babo ndetse n’urwego bifuza kugeraho n’ibindi byinshi bijyanye n’ubuzima bwabo.
Nkuko dusanzwe tubikora mu rwego rwo kubashyigikira mukore like ndetse muyisharinge imenyekane cyane muraba muteye inkunga ikomeye umuziki wabo.
Noella
4,207 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply