Hagaragaye abakobwa beza cyane bafite imyambarire itangaje mu birori bya Bad Black bitangaza abantu aho baturutse (Amafoto)
— July 6, 2019
Please enter banners and links.

Bad Black ushatse wamwita slay Queen cyangwa umuhanzi ariko akaba yaramenyekanye cyane mu gihugu cya Uganda ubwo umugabo w’umuzungu yamuregaga mu rukiko amushinja kumwiba akayabo ka ama Euro ndetse agafungwa imyaka 3.
Akunda kujya mu itangazamakuru cyane kubera ama Euro yibye yose yayariyemo ubuzima arashira arongera asubira mu buzima bubi kuko ava Luzira muri gereza yavuyeyo aherekejwe na moto zimwe nini z’aba stari n’imodoka nyinshi maze feri bayifungira mu kabyiniro gahenze cyane muri Kampala ategeka ko buri umwe anyway akarya akaba ariwe wishyura.
Kuwa 5 Nyakanga 2019 nibwo yakoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ye y’imyaka 30 ariko akaba yaratumiye abantu benshi ndetse harimo n’abastari benshi.



Abasore n’abagabo bari babuze umutekano mu ipantalo zabo kubera kureba ibibero by’abana babakobwa bahiye


Ibyuki byari byambaroye ikirori kweri



Bad Black yicaranye n’abagabo gusa kandi bose bari bambaye umukara bisobanuye izina rye


Uko Bad Black yasaga cyera ataritukuza

Mu kirori cye hagaragayemo abakobwa benshi beza kandi bateye neza ku buryo wagirango yari yabigambiriye gutoranya abakobwa beza bari barangaje abagabo bibaza aho abo bakubwa Bad Black yabakuye.
Uwabona Bad Black yagirango n’umuzungu ariko nukwitukuza kubera ko yiraburaga nk’inkono iteka ibijumba ariko kubera ifaranga nta kirinanira wagirango niko yavutse.
Yitera inshinge zituma yitukuza ntagire ya mabara ubona abitukuje bagira iyo babikoze nabi ndetse we n’izuru yararigabanishije.

Bad Black ku birori bye yashimiye inshuti ze ndetse avuga ko ubu icyo yishimiye cyane ari uko nta muntu umushakishakisha ,nta nkiko zimushakisha nkuko mbere yahoraga yihisha kugeza ubwo atorotse n’igihugu aza kwihisha mu Rwanda naho barahamufatira ati “Ubuzima mu myaka 30 maze ntabwo bwari bworoshye na gato ariko ubu ndashimira Imana ko ubu ntuje kandi n’abana banjye bameze neza nkaba nitegura ku byara uwa 4 habura ukwezi kumwe gusa”.
Noella
15,006 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply