Imodoka ya Perezida Museveni uburyo yibwe ikaba yafatiwe muri Kenya
— June 4, 2019
Please enter banners and links.
Imodoka ya Perezida Museveni uburyo yibwe ikaba yafatiwe muri Kenya

Amakuru aravuga ko hari imodoka yajyaga igendera muri konvoyi ya Perezida Museveni yibwe mu kwezi kwa cumi na kumwe umwaka ushize wa 2018.
Iyo modoka akimara kwibwa Museveni yamenye ko abayibye bayinjije muri Kenya bityo afata Telephone nkuko asanzwe abigenza ahamagara mushuti we Perezida wa Kenya Uhuru amumenyesha ko hari imodoka ye yibwe kandi afite amakuru ko yinjijwe muri Kenya.
Perezida wa Kenya Uhuru nawe yamenyesheje abashinzwe ibinyabiziga mu muhanda ndetse n’abashinzwe umutekano ko bashaka iyo modoka yo mu bwoko bwa Toyota Kluger.
Abashinzwe umutekano muri Kenya iyi modoka bakaba barayifashe muri Mata uyu mwaka wa 2019 bayifatira ahitwa Gilgil yarambitswe plaque za Sudan y’Epfo SSD 598M bityo ikaba yamaze gushyikirizwa abashinzwe kurinda Perezida Museveni.
Abagande bamaze kugera ku rwego ruteye ubwoba mu kwiba aho batinyukira kwiba imodoka ya Perezida ubwo n’iki batakwiba koko ?.
5,269 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply