Kuri iyi tariki Perezida Nkurunziza atazibagirwa nibwo yari yakorewe Coup d’Etat asubiraho bimugoye
— May 13, 2019
Please enter banners and links.

Perezida Nkurunziza w’uBurundi yibukije abantu ko hashize imyaka 4 ubwo yari yakorewe Coup d’Etat yagiye mu gihugu cya Tanzania mu nama.
Hari ku itariki ya 13 Gicurasi ubwo abakuru b’ibihugu bari mu gihugu cya Tanzania ari bwo umugambi wo kumuhirika ku butegetsi wari wapanzwe ariko uza gupfuba Nkurunziza akoresha ubwenge bwinshi n’imbaraga kugirango asubire ku butegetsi kuko iyo bimunanira ubu aba ari mu buhungiro.
Imyaka ine iratambutse General Major Godefroid Niyombare ashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Nkurunziza bikanga.

Perezida Nkurunziza w’uBurundi

General Major Godefroid Niyombare
Nkurunziza kugaruka ku butegetsi hapfuye benshi ndetse hafungwa benshi kuko byakurikiwe n’imirwano yari ikomeye haba mu gisirikare cyari cyacitsemo ibice bibiri bamwe bari ku ruhande rwa General Major Godefroid Niyombare washakaga guhirika Nkurunziza abandi bari ku ruhande rwa Nkurunziza.
Amakuru avuga ko Perezida w’uBurundi Nkurunziza bivugwa ko yafashijwe na Perezida Museveni wa Uganda ndetse na Uhuru Perezida wa Kenya asubizwa ku butegetsi gutyo ariko yari yarangiye.
Kuva icyo gihe Nkurunziza Perezida w’uBurundi Nkurunziza kuva mu gihugu ntarabigerageza n’umunsi n’umwe kubera ubwoba ko ashobora gusohoka bakongera bagafata ubutegetsi bwe bityo akaba yarahisemo kwigumira ku butegetsi bwe akirinda gutembera nkuko abandi bagenda mu bihugu bitandukanye.
3,325 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply