King Mswati III wa Swaziland yategetse abagabo kurongora abagore 2 cyangwa barenze bitaba ibyo bagafungwa
— May 13, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Swaziland ubu haravugwa amakuru ko abagabo benshi bafite ubwoba ko bashobora gufungwa kubera itegeko Umwami w’icyo gihugu yatanze ry’abagabo kurongora abagore babiri cyangwa barenze.
Bamwe mu bagabo batangiye kuvuga ko Umwami Mswati III atari akwiye gutegeka abagabo kurongora abagore 2 cyangwa barenze utabishoboye agafungwa kuko ngo ari ukubahohotera no kutubahiriza uburenganzira bwa muntu.
Umwe mu bagabo muri icyo gihugu Ojealaro yavuze ko kurongora abagore 2 bijyanye n’ubushobozi ati « Ubwo se udafite ubushobozi bwo gutunga abagore babiri ntazajya afungwa azira ubusa ? ».
Umwami Mswati we afite abagore 15 akagira abana 25 mu gihe ise yari afite abagore 70 n’abana 150.


Umwami Mswati III



Abagore b’Umwami Mswati III
Umwami Mswati avuga ko kugirango ategeke abagabo gushaka abagore benshi ari uko icyo gihugu gifite ikibazo gikomeye cyo kugira abagore benshi baruta abagabo ubwinshi.
Hari abandi batangiye kuvuga ko aribyo byiza kuko bizaca ikibazo cy’uburaya no kubyara abana benshi ababyeyi babo badashoboye kubarerera.
Amakuru muri icyo avuga ko aricyo gihugu kigira abakobwa bakiri isugi kurusha ibindi bihugu bitewe n’umuco w’icyo gihugu ,umuco ibindi bihugu bitangiye gukunda ariko kuwushobora bishobora kugorana.
Umwami Mswati akaba yavuze ko umugore uzagerageza kwanga guharikwa azajya afungwa burundu mu gihe bigoranye kubona umugore yemera ko umugabo we ashaka undi mugabo ariko ibintu byose ni mu mutwe bizakunda kandi bimenyerwe.
Muhungu John-Kampala
8,365 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply