Igisirikare na Polisi bakoze umukwabu wo gushaka Umunyamerika n’Umugande bari barafashwe bugwate muri Uganda barababona ariko mu kindi gihugu
— April 7, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka muri Uganda aremeza ko inzego zishinzwe umutekano muri Uganda igisirikare na Polisi byakoze umukwabu ukomeye uyobowe n’uhagarariye Abajepe n’uwa Polisi bashaka Umunyamarika n’Umugande bari barafashwe bugwate barababona.
Umunyamerika witwa Kimberly Sue Endicott na Jean Paul Mirenge Remezo nibo bari barafashwe kuwa kabiri w’icyumweru gishize ubwo bari bagiye gusura inyamaswa muri Pariki ya Queen Elezabeth hanyuma basanga abantu bafite imbunda babafata bugwate basaba Miliyari na Miliyoni 850 z’Amashilingi ya Uganda.
Amakuru aturuka mu bantu bizewe aravuga ko Amerika yashyize igitutu kuri Uganda ko Umunyamerika agomba kuboneka byanze bikunzwe aribyo byatumye ukuriye Abajepe barinda Perezida Museveni n’ukuriye ingabo ndetse na Polisi bishyize hamwe bagakora umukwabu wo gushaka abari bafashwe bugwate ariko bakaza kubabona.


Amakuru arimo kuvugwa ni uko basanzwe mu gihugu cya DR.Congo ari bazima bakaba bagaruwe muri Uganda ariko ntaharamenyekana abari babafashe niba bishwe cyangwa babacitse.
Amakuru avuga ko amafaranga yasabwe yaratanzwe kugirango Umunyamerika atazicwa Uganda igahura n’ibibazo ariko igitangaje ni uko hari Abagande bagiye bafatwa bugwate bagasaba akayabo kamashilingi ariko bakicwa kandi ibintu byo gufata bugwate muri Uganda bimaze kuba ubucuruzi.
4,315 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply