Umuhanzi Pia Pounds ihora ashinjwa gusenya urugo rwa Eddy Kenzo yavuze ukuri icyabiteye n’impamvu
— February 21, 2019
Please enter banners and links.

Pia Pounds n’umuhanzi utaramenyekana cyane mu gihugu cya Uganda ariko bitewe n’uburyo ari umukobwa uteye neza kandi winzobe kandi abagande bakunda inzobe cyane ,abantu bakaba barabonye Eddy Kenzo amujyanye mu itsinda ry’abahanzi akorana nabo muri situdiyo ye bati buriya niwe mugore we asimbije Rema Namakula.
Urugo rwa Kenzo na Rema rumaze igihe mu itangazamakuru ruvugwamo ibibazo ko batakirarana ,ko Eddy Kenzo yazanye undi mugore ariwe Pia Pounds kugeza ubwo Rema yaririmbaga indirimbo zirimo ubutumwa asa n’ucyurira umugabo we nk’indirimbo yise Sili muyembe n’izindi zitandukanye.



Pia Pounds uvugwa gusenya urugo rwa Kenzo

Eddy Kenzo yabajijwe kenshi ku kibazo cy’uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cya DR.Congo ko yaba amusambanya ndetse ariwe ashaka gusimbuza umugore we Rema ariko akabihakana.
Mu kiganiro kuri Televiziyo yitwa NBS mu kiganiro kitwa after 5 maze uyu mwana w’umukobwa abiva imuzingo byose uko byatangiye kumwita umugore wa Eddy Kenzo.



Rema umugore wa Eddy Kenzo

Eddy Kenzo abazwa n’abanyamakuru

Pia Pounds avuga ko yari muri situdiyo akora indirimbo maze Eddy Kenzo aje yumva ijwi rye ari ryiza kandi yamufasha kumuzamura akaba umuhanzi ukomeye bityo amubwira kuzaza kuri situdiyo ya Kenzo bumvikane ndetse bagirane amasezerano yimikoranire bityo undi nawe hashize igihe yaragiye barumvikana byose birarangira atangira gukorana na Eddy Kenzo muri Big Talents ariho abantu batangiye gutekereza ko baryamanye.
Pia Pounds avuga ko ataragira amahirwe yo guhura n’umuhanzi Rema ari we mugore wa Eddy Kenzo kugirango amusobanurire ko ataramuhaho ku bintu ndetse atazi waya (Igitsina)ya Kenzo uko imeze niba iryoshye cyangwa itaryosh
6,241 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply