Dore abatazi Mimi Mirage wahaye Miss Josiane Mwiseneza imodoka
— February 6, 2019
Please enter banners and links.

Ku munsi w’ejo nibwo hagaragaye amafoto n’amashusho n’amajwi Miss Mwiseneza Josiane ahabwa amafaranga yo kugura imodoka yemerewe .
Iyo modoka yavuzwe Miss Josiane Mwiseneza atangiye kuvugwa cyane mu itangazamakuru hanyuma nibwo hari umuntu uba muri Amarika witwa Mimi Mirage wamwemereye kumugurira imodoka.






Kuri Facebook ya Miss Popularity Mwiseneza Josiane yahise ashyiraho amafoto ya Mimi Mirage wamuguriye imodoka n’ubwo ejo Kuwa 5 Gashyantare 2019 aribwo yagombaga kubona imodoka ariko ahabwa amafaranga atazwi umubare ku buryo abantu batangiye gucyeka byinshi bamwe bavuga bati kuki babigize ibanga abandi bati waanga iriya bahasha yarimo amafaranga harimo inote z’amagana atanu gusa abandi bati wenda harimo amadorari.Miss Josiane rero akaba yavuze ko kumushimira ari ugukora share kuri Facebook .
Ikinyamakuru Umusingi kiracyashakisha nimero ya Mimi kugirango kimubaze impamvu amafaranga yo kugura imodoka ya Josiane yayagize ibanga?n’impamvu yahawe amafaranga aho guhabwa imodoka no kumubazo ibibazo byinshi abantu bakeka bibatera urujijo byose tuzabibagezaho.
7,783 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply