Yananiwe kwihangana nyuma yo kumenya ko yanduye SIDA yikataho ijosi akoresheje icyuma
— January 19, 2019
Please enter banners and links.

Waswa Kalibara w’imyaka 55 yari yaje kwa mushiki we Justine Nantalo kwivuze ariko abaturage bagiye kubona babona afashe icyuma ari mu nzu ya mushiki we yikata ijosi arapfa.
Ibi byabereye mu gihugu cya Uganda ahitwa Bulenga muri Wakiso ,mushiki we akaba yavuze ko yari agiye muri dushe gukaraba agiye kumva yumva umwana aramuhamagara ngo Waswa afashe icyuma bahita bahamagara abagabo kugirango batabare ariko bagatinya kwinjira mu nzu batinya ko yabatera icyuma.
Bamwe mu baturage bamuzi bavuze ko yananiwe kwihanganira kumenya ko yanduye agakoko gatera SIDA ahitamo kwiyica .
Umwe mu baturage bari bari aho yavuze ngo imiti igabanya ubukana yaraje kandi abantu banduye SIDA ari benshi kwiyica ntago ariwo muti .
Undi mushiki we Nakakande Agnes waje amuherekeje kwivuza baturutse Busuju muri Mitiyana yavuze ko musaza we amaze igihe yigamba ko aziyahura.
3,876 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply