Yananiwe kwihangana nyuma yo kumenya ko yanduye SIDA yikataho ijosi akoresheje icyuma
— January 19, 2019
Please enter banners and links.

Waswa Kalibara w’imyaka 55 yari yaje kwa mushiki we Justine Nantalo kwivuze ariko abaturage bagiye kubona babona afashe icyuma ari mu nzu ya mushiki we yikata ijosi arapfa.
Ibi byabereye mu gihugu cya Uganda ahitwa Bulenga muri Wakiso ,mushiki we akaba yavuze ko yari agiye muri dushe gukaraba agiye kumva yumva umwana aramuhamagara ngo Waswa afashe icyuma bahita bahamagara abagabo kugirango batabare ariko bagatinya kwinjira mu nzu batinya ko yabatera icyuma.
Bamwe mu baturage bamuzi bavuze ko yananiwe kwihanganira kumenya ko yanduye agakoko gatera SIDA ahitamo kwiyica .
Umwe mu baturage bari bari aho yavuze ngo imiti igabanya ubukana yaraje kandi abantu banduye SIDA ari benshi kwiyica ntago ariwo muti .
Undi mushiki we Nakakande Agnes waje amuherekeje kwivuza baturutse Busuju muri Mitiyana yavuze ko musaza we amaze igihe yigamba ko aziyahura.
4,002 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply