Umugore wa Bull Dogg yakubitiye Sandra Miraji mu kabyiniro amuhora kubyinisha umugabo we-VIDEO
— January 2, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Mutarama 2019 mu mujyi wa Kigali hebereye igitaramo cyo kwakira umuraperi Jay Polly. Iki gitaramo cyaranzwe n’ubusinzi bw’abahanzi bamwe na bamwe cyagaragayemo agashya gakomeye aho umugore wa Bull Dogg yakubise bikomeye Sandra Miraji amuhora kubyinisha umugabo we muri iki gitaramo.
Ubwo Bull Dogg yajyaga ku rubyiniro Sandra Miraji wari kumwe n’ikipe y’uyu muraperi yagiye imbere aramubyinisha nk’uko bakunze kubikora mu minsi ishize. Mu ikipe ya Bull Dogg harimo umugore wa Bull Dogg ariko wacungiraga hafi imyitwarire y’umugabo we kuri stage. Ubwo Sandra Miraji yari akomeje kubyinisha Bull Dogg, ntawamenye aho umugore wa Bull Dogg aturutse kuko yahita ashikanuza uyu muraperikazi wamenyekanye mu gihe gishize, arasunika akubita hasi ahita yigendera.
Sandra Miraji wakubitiwe hagati mu kabyiniro ka Wakanda Villa yasigaye aryamye hasi, Bull Dogg akomeza kuririmba nk’aho ntacyabaye. Abashinzwe umutekano bahagurukije Sandra Miraji nawe wari wagasomye.
Nyuma inshuti ze za hafi zahise zimukura muri aka kabyiniro aritahira. Nyuma yo kumukubita umugore wa Bull Dogg uzwi ku izina rya Nelly yumvikanye kenshi aho yari ahagaze atuka Sandra Miraji amushinja uburaya no gushotora umugabo we.




Source:Inyarwanda.com
6,857 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply