Umugore wa Bull Dogg yakubitiye Sandra Miraji mu kabyiniro amuhora kubyinisha umugabo we-VIDEO
— January 2, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Mutarama 2019 mu mujyi wa Kigali hebereye igitaramo cyo kwakira umuraperi Jay Polly. Iki gitaramo cyaranzwe n’ubusinzi bw’abahanzi bamwe na bamwe cyagaragayemo agashya gakomeye aho umugore wa Bull Dogg yakubise bikomeye Sandra Miraji amuhora kubyinisha umugabo we muri iki gitaramo.
Ubwo Bull Dogg yajyaga ku rubyiniro Sandra Miraji wari kumwe n’ikipe y’uyu muraperi yagiye imbere aramubyinisha nk’uko bakunze kubikora mu minsi ishize. Mu ikipe ya Bull Dogg harimo umugore wa Bull Dogg ariko wacungiraga hafi imyitwarire y’umugabo we kuri stage. Ubwo Sandra Miraji yari akomeje kubyinisha Bull Dogg, ntawamenye aho umugore wa Bull Dogg aturutse kuko yahita ashikanuza uyu muraperikazi wamenyekanye mu gihe gishize, arasunika akubita hasi ahita yigendera.
Sandra Miraji wakubitiwe hagati mu kabyiniro ka Wakanda Villa yasigaye aryamye hasi, Bull Dogg akomeza kuririmba nk’aho ntacyabaye. Abashinzwe umutekano bahagurukije Sandra Miraji nawe wari wagasomye.
Nyuma inshuti ze za hafi zahise zimukura muri aka kabyiniro aritahira. Nyuma yo kumukubita umugore wa Bull Dogg uzwi ku izina rya Nelly yumvikanye kenshi aho yari ahagaze atuka Sandra Miraji amushinja uburaya no gushotora umugabo we.




Source:Inyarwanda.com
6,679 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply