umu amakuru- Umukobwa wamenyekanye cyane Bad Black nyuma yo kwiba umuzungu akayabo kamadorari agafungwa imyaka 3 yakoze urutonde rw’abakobwa b’ibyamamare bicuruza nkawe harimo Juliana | Umusingi

Umukobwa wamenyekanye cyane Bad Black nyuma yo kwiba umuzungu akayabo kamadorari agafungwa imyaka 3 yakoze urutonde rw’abakobwa b’ibyamamare bicuruza nkawe harimo Juliana

Please enter banners and links.

Bad Black n’umukobwa bivugwa ko yakoraga uburaya mu mujyi wa Kampala aza kugurwa n’umuzungu ngo bajye kwinezeza bageze umuzungu araryoherwa dore ko abagande ari hatari bazi no gushaka imiti izana abagabo babakire.

Umuzungu witwa David Greenhalgh amaze kuryoherwa yakomeje kujya aza kumufata kugeza ubwo yamuteye inda babyarana umwana ariko uyu Bad Black ubundi amazina ye nyayo yitwa Shanitah Namuyimba aza kwiba umuzungu amafaranga menshi cyane kugeza ubwo umuzungu yamufungishije imyaka 3 yose muri gereza nkuru  ya Luzira .

Hano Bad Black yambaye umwambaro wa gereza uwo muzungu mu gituza cyane niwe mugabo babyaranye ndetse ariwe wamufungishije amushinja kumwiba

Ataritukuza

Bad Black afunguwe yakiriwe kuri gereza n’imodoka zihenze nyinshi ndetse na moto zimwe z’abasitari bazenguruka umujyi wa Kampala basoreza mu kabyiniro (Night Club)abari barimo bose ababwira gufata icyo bashaka akishyura.

Yaje kwandikwa mu binyamakuru ko yakennye ndetse bivugwa ko yakundanye n’umusore w’umunyarwanda ku buryo byavuzwe ko hari igihe Bad Black yahungiye mu Rwanda agafatwa agasubizwa muri Uganda ku buryo uyu mukobwa yanditsweho inkuru nyinshi cyane .

Ubu amakuru agezweho uyu mukobwa yatangaje urutonde rw’abakobwa n’abagore bicuruza nkawe  ndetse avuga ko bamwe basangiye abagabo muri abo avugamo na Juluiana akaba yabitangaje kuri snapchat ye.Reba urutonde rw’ibyamamare avuga byicuruza .

 

5,478 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.