Umuhanzi Spice Diana yabonye umusukamo amafaranga Miliyoni 60 ariko mu Rwanda hari uwafata amafaranga angana gutyo akayaha umuhanzi?
— December 12, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Spice Diana yabonye umukire umushyiramo ibifaranga byinshi aho bivugwa ko umukire yamushyizemo Miliyoni 60 kugirango arusheho kuzamura umuziki we ukunzwe cyane.Mr.
Kampala yavuze ko yamushyizemo cash kuko Spice Diana ari inshuti ye akaba yifuza ko izo Miliyoni 60 zimufashe gukora no guteza imbere umuziki we dore ko uyu muhanzi agiye gutangira gukora ibijyanye n’imideli (Fashion).
Uyu Muhanzi Spice Diana ukunzwe cyane muri Uganda akaba yavuze ko agiye guteguramo ibitaramo bizajya byunguka kandi akaba yashimiye Mr.Kampala wamuteye inkunga ya Miliyoni 60 ko hari ahantu ayo mafaranga zamugeza mu iterambere ry’umuziki we.



Iyi kanzi niyo yari yambaye ejobundi ubwo abahanzikazi batandukanye barushanwaga mu kwerekana imideli ikaba igura Miliyoni 3



Hari abakurikirana umuziki mu Karere k’Ibiyaga bigari bibajije niba mu Rwanda hari abaherwe cyangwa abakire bashobora gushora amafaranga mu muziki nkuko abo muri Uganda nahandi babikora bakaba bafata nka Miliyoni 30 bakazishyira mu muhanzi kugirango bayabyaze inyungu.
Umwe mu baganiriyeho n’Ikinyamakuru Umusingi utashatse ko amazina ye atangazwa yavuze ko abahanzi bo mu Rwanda uretse ibigo bikomeye kubashyiramo amafaranga bigoranye kubona abaherwe bafata amafaranga bakayashora mu bahanzi .
Uyu muntu yakomeje avuga ati wari wabona abaherwe cyangwa abakire bo mu Rwanda bitabira ibitaramo uwabigerageje n’uwitwa Nkusi Godfrey nawe ntibyamuhiriye yahoraga mu manza na Sandra Teta kugeza ubwo nawe yafunzwe.
Umuziki n’umwuga mwiza abantu ku isi bakunda kuko umuziki ushimisha abantu n’ufite ibibazo iyo ari mu gitaramo ibibazo arabyibagirwa n’iyo mpamvu ahandi bawukora neza bakawukiriramo.
4,016 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply