Umuhanzi Spice Diana yabonye umusukamo amafaranga Miliyoni 60 ariko mu Rwanda hari uwafata amafaranga angana gutyo akayaha umuhanzi?
— December 12, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Spice Diana yabonye umukire umushyiramo ibifaranga byinshi aho bivugwa ko umukire yamushyizemo Miliyoni 60 kugirango arusheho kuzamura umuziki we ukunzwe cyane.Mr.
Kampala yavuze ko yamushyizemo cash kuko Spice Diana ari inshuti ye akaba yifuza ko izo Miliyoni 60 zimufashe gukora no guteza imbere umuziki we dore ko uyu muhanzi agiye gutangira gukora ibijyanye n’imideli (Fashion).
Uyu Muhanzi Spice Diana ukunzwe cyane muri Uganda akaba yavuze ko agiye guteguramo ibitaramo bizajya byunguka kandi akaba yashimiye Mr.Kampala wamuteye inkunga ya Miliyoni 60 ko hari ahantu ayo mafaranga zamugeza mu iterambere ry’umuziki we.



Iyi kanzi niyo yari yambaye ejobundi ubwo abahanzikazi batandukanye barushanwaga mu kwerekana imideli ikaba igura Miliyoni 3



Hari abakurikirana umuziki mu Karere k’Ibiyaga bigari bibajije niba mu Rwanda hari abaherwe cyangwa abakire bashobora gushora amafaranga mu muziki nkuko abo muri Uganda nahandi babikora bakaba bafata nka Miliyoni 30 bakazishyira mu muhanzi kugirango bayabyaze inyungu.
Umwe mu baganiriyeho n’Ikinyamakuru Umusingi utashatse ko amazina ye atangazwa yavuze ko abahanzi bo mu Rwanda uretse ibigo bikomeye kubashyiramo amafaranga bigoranye kubona abaherwe bafata amafaranga bakayashora mu bahanzi .
Uyu muntu yakomeje avuga ati wari wabona abaherwe cyangwa abakire bo mu Rwanda bitabira ibitaramo uwabigerageje n’uwitwa Nkusi Godfrey nawe ntibyamuhiriye yahoraga mu manza na Sandra Teta kugeza ubwo nawe yafunzwe.
Umuziki n’umwuga mwiza abantu ku isi bakunda kuko umuziki ushimisha abantu n’ufite ibibazo iyo ari mu gitaramo ibibazo arabyibagirwa n’iyo mpamvu ahandi bawukora neza bakawukiriramo.
3,974 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply