za ADF zishe abaturage 12 muri Congo ariko ushobora kuba umugambi wo kuburizamo amatora
— December 7, 2018
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya DR.Congo aravuga ko Inyeshyamba za ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda zishe abaturage 12 ahitwa Mayangose Iburasirazuba bw’Umujyi wa Beni muri Kivu ya Majyaruguru.
Abishwe amakuru avuga ko bicishijwe ibyuma ahagana saa moya 7:00am za mugitondo ubwo bari mu mirima yabo bahinga.
Amakuru avuga ko igisirikare cya Congo kumanywa yo kuwa kane ari nabwo abapfuye bishwe cyagerageje kujya gushaka imirambo yabishwe ariko kibuzwa n’inyeshyamba zari zabateze mu nzira zirabarasa. Meya wa Beni, Nyonyi Bwanakawa akaba yabwiye itangazamakuru ko habonetse imirambo 2 gusa .
Habaye imirwano ikomeye ubwo ingabo za FARDC zashakaga imirambo yabishwe byazigoye kuva mu gitondo kugeza saa cyenda z’amanywa 3pm nkuko bivugwa na Bwanakawa.
Amakuru Ikinyamakuru Umusingi cyahawe n’abantu muri Congo aravuga ko atari inyeshyamba nkuko bivugwa ahubwo ari amayeri ya Perezida Kabila n’abamushyigikiye bashaka kuburizamo umugambi w’amatora .
Ikigambiriwe ni uko amatora ataba mu gihe abantu barimo kwicwa n’abiyita inyeshyamba kandi ari abantu ba Kabila aba yarahaye amafaranga kugirango agume kubutegetsi.
3,202 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply