Breaking News :Abantu 32 bamaze kwicwa n’imvura uyu munsi
— May 8, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 8 Mata 2016 imvura inyinshi yazindutse igwa imanura ubutaka n’ibiti bifunga umuhanda Gakenke Musanze ndetse yica abantu 32 ariko umubare ishobora kwiyongera.Amakuru uturuka Gakenke aravuga ko amazu 80 yamaze gusenywa n’imvura abantu 32 barapfa .
Bamwe mu bagerageje kunyura muri uwo muhanda ni uko bitoroshye ku hanyura ufite imodoka ndetse n’abanyamaguru bahanyura bambukijwe bahetswe mu mugongo kuko ubutaka bwamanutse bukuzura mu muhanda ukanyerera ndetse n’ibiti bigwa mu muhanda ku buryo inzira yafunzwe n’ibyo biti n’ubutaka bwa manutse .
Frank Habineza Perezida w’Ishyaka Green Party n’umwe mu bahageze akaba yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yahageze ndetse avuga ko amazu 80 yasenywe n’imvura hagapfa abantu 32
.





.Perezida wa Green Party Frank Habineza akaba yihanganishije ababuze ababo ati “imiti yacu nk’abayoboke ba Green Party iri kumwe namwe mwabuze abanyu kubera imvura idasanzwe”.
Inkuru turacyayikurikirana kugirango tumenye icyo ubuyobozi buvuga kuri iki kibazo n’ingamba bari bugifatire .
2,576 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply