Breaking News :Abantu 32 bamaze kwicwa n’imvura uyu munsi
— May 8, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 8 Mata 2016 imvura inyinshi yazindutse igwa imanura ubutaka n’ibiti bifunga umuhanda Gakenke Musanze ndetse yica abantu 32 ariko umubare ishobora kwiyongera.Amakuru uturuka Gakenke aravuga ko amazu 80 yamaze gusenywa n’imvura abantu 32 barapfa .
Bamwe mu bagerageje kunyura muri uwo muhanda ni uko bitoroshye ku hanyura ufite imodoka ndetse n’abanyamaguru bahanyura bambukijwe bahetswe mu mugongo kuko ubutaka bwamanutse bukuzura mu muhanda ukanyerera ndetse n’ibiti bigwa mu muhanda ku buryo inzira yafunzwe n’ibyo biti n’ubutaka bwa manutse .
Frank Habineza Perezida w’Ishyaka Green Party n’umwe mu bahageze akaba yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yahageze ndetse avuga ko amazu 80 yasenywe n’imvura hagapfa abantu 32
.





.Perezida wa Green Party Frank Habineza akaba yihanganishije ababuze ababo ati “imiti yacu nk’abayoboke ba Green Party iri kumwe namwe mwabuze abanyu kubera imvura idasanzwe”.
Inkuru turacyayikurikirana kugirango tumenye icyo ubuyobozi buvuga kuri iki kibazo n’ingamba bari bugifatire .
2,630 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply