Breaking News :Abantu 32 bamaze kwicwa n’imvura uyu munsi
— May 8, 2016
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 8 Mata 2016 imvura inyinshi yazindutse igwa imanura ubutaka n’ibiti bifunga umuhanda Gakenke Musanze ndetse yica abantu 32 ariko umubare ishobora kwiyongera.Amakuru uturuka Gakenke aravuga ko amazu 80 yamaze gusenywa n’imvura abantu 32 barapfa .
Bamwe mu bagerageje kunyura muri uwo muhanda ni uko bitoroshye ku hanyura ufite imodoka ndetse n’abanyamaguru bahanyura bambukijwe bahetswe mu mugongo kuko ubutaka bwamanutse bukuzura mu muhanda ukanyerera ndetse n’ibiti bigwa mu muhanda ku buryo inzira yafunzwe n’ibyo biti n’ubutaka bwa manutse .
Frank Habineza Perezida w’Ishyaka Green Party n’umwe mu bahageze akaba yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko yahageze ndetse avuga ko amazu 80 yasenywe n’imvura hagapfa abantu 32
.





.Perezida wa Green Party Frank Habineza akaba yihanganishije ababuze ababo ati “imiti yacu nk’abayoboke ba Green Party iri kumwe namwe mwabuze abanyu kubera imvura idasanzwe”.
Inkuru turacyayikurikirana kugirango tumenye icyo ubuyobozi buvuga kuri iki kibazo n’ingamba bari bugifatire .
2,678 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply