Urukundo rwa Senderi na Anita ruzitwa Magufuri hit
— January 25, 2016
Please enter banners and links.

Muri iyi minsi haravugwa inkuru y’umuhanzi Eric Senderi uzwiho guhindura amazina uko bwije n’uko bucyeye akaba yarabanje kwitwa International Hit ,aza guhindura yitwa Tuff hit ,arongera arahindura yitwa Maguri hit aho niho abantu bahereye bavuga ko urukondo rwabo ruzitwa Magufuri hit.
Anita n’umunyamakuru akaba n’umushyushya rugammba ndetse akaba n’umukobwa wa mbere mu Rwanda wu mu DJ .
Bimwe mu bitangazamakuru bitandukanye byagiye bivuga ko Anita aherutse kuvuga ko ashaka umugabo ndetse na Sendiri akaba yarashakaga umugore bityo biza kurangira bombi bakundanye ndetse aba paparazzi bo mu Rwanda bakaba barafotoye basohokanye.
Uko bahuye n’ibindi byose muzabisoma mu kinyamakuru Umusingi cy’ubutaha .
Noella
3,586 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply