Umugambi wo kwica Bebe Cool wari uwo kumwica umunsi umugore we Zuena yabyaye
— November 11, 2017
Please enter banners and links.

Mu minsi ishize mu gihugu cya Uganda havuzwe urupfu rw’umuhanzi Dizzy wari kumwe na Bebe Cool imodoka idafite pulake irimo abantu batazwi yashakaga kugonga uyu muhanzi Bebe Cool ariko igahusha ikagonga uwo bari kumwe agapfa.
Bebe Cool yahise abyandika ku rubuga rwe rwa Facebook avuga uburyo imodoka ifite ibirahure by’umukara idafite pulake abayibonye yari iparitse ahantu kumara umwanya muremure isa n’ifite icyo itegereje ku ruhande rw’akabyiniro Bebe Cool yari yagiye gucurangamo.


Uwo munsi abantu bari bakwirakwije amafoto y’umugore wa Bebe Cool Zuena ko yabyaye ariko nyuma umugabo we arabihakana ko atarabyara ahubwo hari abantu batangaje ko yabyaye.
Amakuru aturuka mu bantu bazi uyu muryango bavuga ko abagizi ba nabi aribo bari bapanze icyo gikorwa kibi cyo kwica Bebe Cool bazi ko uwo munsi aribwo umugore we Zuena aribube yabyaye.
Bebe Cool akaba yarigeze kugeragezwa kwicwa arashwe ubwo abantu batazwi bamurasiye mu gitaramo bakamurasa mu kuguru ndetse na Perezida Museveni akaba yaramusuye mu bitaro aho yari arwariye.
Bivuze ko abamurashe bakimushakisha ariko kugeza ubu uyu muhanzi akaba ataramenya icyo bamuziza.
Noella
2,689 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply