Uganda byakomeye :Polisi yafashe abandi bapolisi 9 bacuruza urumogi n’ibindi biyobyabwenge
— November 4, 2017
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru cyo muri Uganda kitwa Bukedde cyanditse inkuru kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo 2017 kivuga ko polisi yafashe abapolisi bayo 9 bazira gucuruza urumogi n’ibindi biyobyabwenge.
Amakuru avuga ko polisi yatangiye gukurikirana iki kibazo mu mwaka wa 2012 kugeza uyu munsi aribwo ibimenyetso bya nyuma.
Abo bapolisi bafashwe n’abandi basirikare bitwa Flying Squad bagiye Kibuli ku biro bikuru byabamaneko basanga ibiro bikinze bakomereza ku kibuga cy’indege bafata uwari ukuriye sitoke y’urumugo n’ibiyobyabwenge.
Abafashwe harimo AIP Micheal Semuwemba niwe wari ukuriye sitoke y’urumogi n’ibindi biyobyabwenge , Julius Mwesigwa, Deogratious Muhebwa, David Franco Owiny, Dennis Ojiambo na Eliphaz Karugaba.
Hafashwe n’undi mupolisi mukuru witwa SCP Lodovic Awita uyobora ishami ry’abapolisi barinda abayobozi bakuru Very Important Persons Protection Unit (VIPPU) .Aba bafashwe nyuma y’igihe gito hafashwe abandi bapolisi bakuru bashinjwa gushimuta impunzi z’abanyarwanda nabo muri Sudan y’Epf.
Muhungu John –Kampala
2,384 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply