Ibitangaza :Yapfuye ari nyamweru azuka afite umubiri usanzwe
— March 28, 2016
Please enter banners and links.

Ibitangaza bibaho koko ,umugore witwa Julian Namagoye ufite imyaka 86 avuga uburyo yapfuye ari nyamweru akazuka afite umubiri usanzwe .
Uyu mugore aba mu mujyi wa Kampala ahitwa Makindye avuga ko hashize imyaka 54 apfuye akazuka .Julian agira ati “narapfuye ndi Nyamweru ariko nzutse nsanga mfite umubiri usanzwe kubera Imana yambabariye ikangarura ku isi”.
Avuga buhoro adidimanga kubera ingaruka zo gupfa akazuka ndetse ntashobora kugenda kuko ukuguru kumwe kwarashanyaraye.
Abantu benshi baramusura kureba umuntu w’igitangaza wapfuye akazuka ndetse bamaze kumwandikaho ibitabo bitandukanye nk’umugore w’igitangaza ku isi.
Aganira urpfu rwe uko rwaje akagira ati “aho nibuka ni uko banjyanaga kwa muganga mu bitaro ngeze ahitwa Namakwekwe muri Mbale ndapfa ,barakomeje banjana mu bitaro muganga arapima yemeza ko napfuye ndetse banjyana aho babika abantu bapfuye (morgue)namazemo iminsi 5 bategereje umuryango wanjye ko uza ukanjyana kunshyingura ,nyuma baraje baranjyana baranshyungura”. Nyuma y’iminsi 5 baranshyinguye narazutse abantu bambona bakiruka bagahunga bazi ko ndi umuzimu kuko sinavugaga ku mara imyaka 6 yose .
Urupfu rwe rwaturutse ku mwana yari yananiwe kubyara baramubaga bamumukuramo ariko umwana arapfa nyina nawe araremba kugeza ubwo nawe apfuye akavuga ko umwana ibitaro aribyo byamushyinguye kubera umugabo we yari yaramutaye.

AVUGA IBYO YABONYE MU IJURU
-Avuga ko yabonye Yesu asa neza mu kintu adashobora gusobanura.
-Avuga ko Yesu yahuye n’umwuka mutagatifu we hanyuma akawugarura ku isi
-Yafashe amagupfwa yanjye yari mu mva aho bari baranshyinguye arayazunguza arangije arayarundanya anyimbika undi mubiri angarura ku isi.
-Ntago nagiye mu ijuru ahubwo nagiye muri Geyena ari naho narokokeye Yesu akangarura ku isi ndi muzima .
Namaze kurokoka Imana impa umubiri mushya udasa nk’uwo nari mfite mbere kuko mbere ntarapfa nari mfite umubiri wa nyamweru ariko ubu mfite umubiri nk’uwabantu basanzwe kandi ibi byose birazwi sibyo nihimbira.
Nkuko Ikinyamakuru Bukedde kibivuga kivuga ko uyu mugore azwi ndetse abantu benshi bajyayo kumureba bakamubaza ibibazo byinshi bitandukanye kuko baba bumva ari ibitangaza umuntu gupfa akamara iminsi 5 yose baramushyinguye bajya kubona bakabona arazutse.
Julian n’umukecuru utarize ariko kubera ibitangaza Imana yamukoreye azi gusoma Bibiliya yose akakubwira ibyanditswe byose .
Muhungu John
2,695 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply