Miss Igisabo akomeje kugaragaza ko bamwibeshyeho ariwe wagombaga kuba Miss Rwanda
— August 7, 2017
Please enter banners and links.

Miss Uwase Hirwa Honorine uzwi ku kubyiniriro k’IGISABO yashyize hanze ifoto yatumye bamwe batangira kwibaza impamvu atari we wabaye Miss Rwanda 2017 kubera impamvu zikurikira.
Hari bamwe bavuga ko kuba Miss ari uko umukobwa aba ateye neza ku buryo uwamubona wese bamubwira ko ari Miss ntabishidikanyeho.
Uyu mukobwa wamenyekanye cyane igihe hatorwaga Miss Rwanda 2017 yatumye abantu benshi bamumenya kubera imvugo yavuze ko umukobwa mwiza uteye nk’Igisabo.
Ntiyagize amahirwe yo gukomeza kugirango atsinde abe Miss Rwanda ariko byamuhaye kugaragara cyane mu itangazamakuru kubera iryo jambo yavuze ndetse n’uburyo ateye neza.Kugeza n’ubu amafoto ye nk’iyi aherutse gushyira kuri Instagram ye yavugishije benshi ndetse abenshi bagahamya ko ariwe wari ukwiye guserukira abanyarwanda akababera Nyaminga kubera ubwiza n’uburyo ateye neza.



Hari abandi bavuga ko uyu mukobwa uburyo akomeje kwigarurira itangazamakuru ashobora gutungura abantu akoze ikindi kintu nanone gituma avugwa cyane kurushaho.
Noella
4,440 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply