umu amakuru- Reba uko Abanyapolitike n’Abasitari bagiye mu matora ya Perezida w’uRwanda hirya no hino ku isi | Umusingi

Reba uko Abanyapolitike n’Abasitari bagiye mu matora ya Perezida w’uRwanda hirya no hino ku isi

Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 3 Kanama 2017 wari umunsi Abanyarwanda hirya no hino ku isi uretse mu Rwanda bazindukiye mu gikorwa cyo kwitorera Perezida bashaka ko ariwe uzabayobora mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere.

Ikinyamakuru Umusingi nkuko ikoranabuhanga ryaje cyashoboye kumenya uko hirya no hino abantu batandukanye bitabiriye amatora cyane cyane Abanyapolitike n’Abasitari.

Ubwo hanze y’uRwanda batoraga mu Rwanda ho bari mu myiteguro yo kuzindukira mu matora kuko mu Rwanda gutora Perezida bikorwa Kuwa 4 Kanama 2017 ubwo nabo bazinduka bajya kwitorera uwo bashaka ko azabayobora .

Ambasaderi Kamanzi Stanislas

Arusha Tanzania uko byari byifashe

H.E. Mr Eugen Kayihura

Mugiraneza Jean Baptiste ari kumwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, Kimonyo James na Jacques Tuyisenge

Ambasada w’uRwanda mu Burusiya Jean d’Arc Mujawamariya

Ambasader Col.Joseph Rutabana

Muri Nigeria naho batoye

Pretoria South Africa

London naho batoye

Kampala muri Uganda bari baje gutora ari benshi

Mu bazatorwa harimo Dr.Frank Habineza uhagarariye Ishyaka rya Green Party ari nawe ubanza ku rupapuro rw’abatorwa hagakurikiraho Mpayimana Philippe umukandida wigenga ndetse na Perezida Kagame uhagarariye umuryango FPR Inkotanyi.Ikinyamakuru Umusingi kikaba kigiye kubereka bamwe mu banyapolitike baba hanze y’uRwanda uko bari bitabiriye itora ndetse n’Abasitari harimo abakinnyi b’umupira w’amaguru babanyarwanda bakinira hanze y’uRwanda ndetse n’abandi bantu batandukanye bitabiriye amatora.

Muhungu John –Kampala

3,271 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.