Umuhanzi Dan Runyange yakoze ubukwe nyuma yo gutandukana n’umugore we wa mbere babyaranye
— August 3, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi Dan Runyange yakoze ubukwe Kuwa 29 Nyakanga 2017 akaba yarabukoze nyuma yo gutandukana n’umugore we wa mbere bafitanye umwana w’umuhungu.
Kuwa 2 ukwezi kwa Kanama 2017 Umuhanzi Dan Runyange abajijwe impamvu yatandukanye n’umugore babyaranye umwana yagize ati “hari igihe umuntu yibeshya akambara urukweto rutari urwe icyo gihe iyo urwambaye atari urwawe ugenda ruhubukamo nawe ntago yari uwanjye niyo mpamvu tutabanye ariko ubu nabonye uwo Imana yari yaranteguriye ko ariwe tuzabana kandi turakundana”.

Dan Runyange n’umugore we bavuye gusezerana


Umuhanzi Dan Runyange uzwi mu ndirimbo yakunzwe cyane yitwa Mana dukize uburetwa ndetse nindi yise 96 n’izindi nyinshi akaba avuga ko ibibazo yanyuzemo byose Imana yamuhaye umugore mwiza uzabimwibagiza dore ko uyu muhanzi avuga ko yaje mu Rwanda ku ikamyo nyuma yo gukurira ku mihanda mu mujyi wa Kampala na hitwa Kayunga.
Cyokora uyu muhanzi ntiyibagiwe abahanzi begenzi be bamufashije kugirango ubukwe bwe bugende neza ndetse n’abandi bose bamufashije ati “ndashimira abantu bose bamfashije kugirango ubukwe bwanjye bugende neza bose Imana ibahe imigisha”.
Noella
2,421 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply