Umukino w’ibimasa byica abantu kimwe cyakomerekejwe bikomeye
— July 7, 2017
Please enter banners and links.

Hari umukino utamenyerewe cyane muri Afurika ariko hari ibihugu nka Spain n’ibindi aho uyu mukino wateye imbere ari naho kimwe mu bimasa byakinaga cyakomerekeye bikomeye gitangira kuruka amaraso ndetse andi aca mu mazuru.
Abantu baba baje muri uyu mukino baba bambaye umweru n’umukara ndetse bambaye ifurari itukura mu ijosi.
Uyu mukino bazana ibimasa byibirwanyi bakajya babirekura bigatangira kwirukankana abantu bishaka kubica bamwe birabakomeretse cyane iyo kitaguteye ihembe gishobora kukuribatira hasi kikagukomeretsa.
Iki kimasa cyakomerekejwe ntiharamenyekana uburyo cyakomeretse kuko cyagaragaye nkaho bagiteye ibyuma ku mubiri kuko byo ubwabyo bitajya birwana ariko bigira umujinya mwinshi iyo bibonye abantu.




Umuryango ushinzwe gutabara indembe Red Cross wavuze ko ibimasa 3 byakomerekeje abantu umwe cyamuteye ihembe mu gituza undi imutera ihembe mu kibuno ariko bakaba batwawe mu bitaro bameze nabi.
Ibi bimasa byakuwe ahitwa Cebada Gago muri Andalucia agace kazwi kugira abarozi borora ibimasa bigira umujinya cyane bizi kwirukankana abantu kuri uyu wa gatanu tariki 7 Nyakanga 2017.




Ubundi ibyo bimasa iyo bakinguriye kimwe kigiye gukina hari umuntu ukijya ku mugongo kikajya kimusimbukana gishaka kumuta hasi iyo kimutaye hasi gisubira inyuma gishaka kumwica akiruka ,iyo yirutse ahungira mu bandi bantu ubwo kigatangira kwirukankana uwo kibonye.
Haba hari abantu bazi gutangira ibyo bimasa ntibikomeze kwirukankana abantu ku buryo iyo hashize iminota igera kuri 3 bakabigarura.
3,251 total views, 7 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply