Somaliya: Igisirikare cyishe abarwanyi ba Al-Shaba 13
— July 5, 2017
Please enter banners and links.

Mu ijoro ryakeye Kuwa 4 Nyakanga 2017 ingabo za leta ya Somaliya zagabye igitero ku basirikare b’umutwe w’iterabwoba wa Al shabab bahitana abantu 13 naho 10 barakomereka. Iki gitero cyabereye mu gace ka Kismayo ahagana mu majyaruguru ya Somaliya.
Ahmed Abdullah Issa, umuyobozi wungirije w’ingabo za somaliya ziri mu gace ka Jubba, ari naho Kismayo iherereye, yatangaje ko bagabye iki gitero kuko bari bafite amakuru yuko uyu mutwe washakaga gutera ibirindiro by’ingabo za Leta biri mu birometero 500,uvuye mu murwa mukuru wa Mogadishu.
Issa, akomeza avuga ko bahagera basanze hari abasirikare buyu mutwe barenga 100 bari mu bihuru, bakabarwanya bagakwira imishwaro. Nyuma y’imirwano, ingabo za leta zeretse abaturage batuye aka gace imirambo y’ingabo z’uyu mutwe zari zimaze kwicwa.
Ibi bibaye bikurikira igitero cyahitanye abasirikare babanya Kenya 2, naho 7 bakaburirwa irengero mu gitero cyigambwe n’uyu mutwe mu gace ka Pandanguo gahana imbibi n’igihugu cya Somaliya.
Al shabab ikaba nanone yari iherutse gushyira hanze amafoto yabo n’ibirwanisho bikomeye ku munsi mukuru w’Abayisiramu Idi Rufitiri mu rwego rwo kwereka Isi ko nabo bahari kandi bizihiza umunsi mukuru w’Aayisiramu ariko bo bawizihiza berekana ibirwanisho.
Rwego Tony
3,142 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply