Abacungagereza 149 bahawe ipeti rya Warder’basoje ikosi
— June 29, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Kane tariki 29 Kamena 2017 Abacungagereza 149 barimo abakobwa 32 basoje amasomo y’ibanze mu mwuga wo gucunga amagereza bari bamaze iminsi bakorera mu Ishuri riri i Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umuhango wo gusoza amasomo y’aba bacungagereza wayobowe na Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, ufite urwego rw’amagereza mu nshingano ze.

Minisitiri w’ubutabera Businge Johnstone asoza ikosi y’Abacungagereza i Rwamgana
Aba basoje amasomo biyongere ku bandi bacungagereza basaga ibihumbi bibiri bari muri uru rwego. Amasomo basoje abahesha ipeti ry’ibanze ryitwa ‘Warder bahawe na Minisitiri w’ubutabera Johnston Businge’.
Umuvugizi w’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa CIP Sengabo Hillary yagize ati “abasoje amasomo bagiye gusanga abandi bari mu kazi kugirango turusheho gukora akazi neza kuko urwego rukeneye abacunga gereza benshi cyane”.
3,285 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply