Abagabo bagufi cyane bakina filime muri Nigeria Chinedu Ikidieze na Osita Iheme bari mu Rwanda
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Abagabo bagufi cyane mu gihugu cya Nigeria bakina filime zakunzwe cyane bitewe n’uburyo bakina ibintu bisekeje bari mu Rwanda bakaba baje mu birori biteganijwe kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Kamena 2017 bakaba bari busangire mu birori (Gala Night) aho bari busangire no kwishimana hagati y’abategura ndetse n’abari guhatanira ibihembo bya “AMAAWARDS 2017.
Mbere y’ibi birori benshi mu byamamare muri sinema yo muri Nigeria bamaze kugera mu Rwanda



Mu mibare hitezwe ko hazaba hari benshi mu bakinnyi ba sinema nyafurika gusa abazwi cyane hano mu Rwanda bahageze bikaba inkuru ikomeye ni Chinedu Ikidieza na Osita Iheme bazwi mu mafilime anyuranye nka ‘Aki na Ukwa’ iyi ikaba ariyo bakinnyemo yamamaye bikomeye ndetse ituma bamenyekana bakundwa mu Rwanda nk’abagabo bagufi.
Chinedu Ikidieze na Osita Iheme bari mu Rwanda aho biteguye kuzitabira ibirori bya ‘Gala night’ bya AMAAWARDS 2017 biteganyijwe kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Kamena 2017 mu ihema riberamo ibirori rya Camp Kigali. Biteganyijwe ko muri ibi birori umuhanzi Ykee Benda ukunzwe muri Uganda no mu Rwanda mu ndirimbo ‘Muna Kampala’ azataramira abazabyitabira. Byitezwe ko abazegukana AMAAWARDS 2017 bazahabwa ibihembo mu birori bizaba bibaye ku nshuro yabyo ya 13 bikazabera muri Nigeria.
4,347 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply