Abagabo bagufi cyane bakina filime muri Nigeria Chinedu Ikidieze na Osita Iheme bari mu Rwanda
— June 24, 2017
Please enter banners and links.

Abagabo bagufi cyane mu gihugu cya Nigeria bakina filime zakunzwe cyane bitewe n’uburyo bakina ibintu bisekeje bari mu Rwanda bakaba baje mu birori biteganijwe kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Kamena 2017 bakaba bari busangire mu birori (Gala Night) aho bari busangire no kwishimana hagati y’abategura ndetse n’abari guhatanira ibihembo bya “AMAAWARDS 2017.
Mbere y’ibi birori benshi mu byamamare muri sinema yo muri Nigeria bamaze kugera mu Rwanda



Mu mibare hitezwe ko hazaba hari benshi mu bakinnyi ba sinema nyafurika gusa abazwi cyane hano mu Rwanda bahageze bikaba inkuru ikomeye ni Chinedu Ikidieza na Osita Iheme bazwi mu mafilime anyuranye nka ‘Aki na Ukwa’ iyi ikaba ariyo bakinnyemo yamamaye bikomeye ndetse ituma bamenyekana bakundwa mu Rwanda nk’abagabo bagufi.
Chinedu Ikidieze na Osita Iheme bari mu Rwanda aho biteguye kuzitabira ibirori bya ‘Gala night’ bya AMAAWARDS 2017 biteganyijwe kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Kamena 2017 mu ihema riberamo ibirori rya Camp Kigali. Biteganyijwe ko muri ibi birori umuhanzi Ykee Benda ukunzwe muri Uganda no mu Rwanda mu ndirimbo ‘Muna Kampala’ azataramira abazabyitabira. Byitezwe ko abazegukana AMAAWARDS 2017 bazahabwa ibihembo mu birori bizaba bibaye ku nshuro yabyo ya 13 bikazabera muri Nigeria.
4,381 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply